• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

minebwenews by minebwenews
June 5, 2025
in World News
0
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

You might also like

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry’abakinyi bisiganwa ry’amagare kwitabira shampiyona (champion) y’isi iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda mu gihe ibihugu byombi bimaze iminsi bitabanye neza.

Mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2025, ni bwo i Kigali hazabera umukino w’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi.

Umuyobozi mukuru w’iri shirahamwe ry’umukino w’amagare mu Bubiligi, Nathalie Clauweert, umusibo ejo ku wa gatatu, yatangaje ko igihugu cyabo cyabemereye ku zitabira iriya shampiyona y’isi iteganyijwe kubera i Kigali mu Rwanda.
Uyu muyobozi yasobanuye ko u Bubiligi bwabyemeje nyuma y’aho abonanye na minisiteri w’ubanye n’amahanga w’iki gihugu cyabo bakaganira akabimwerera.

U Bubiligi nyuma yo kwisubiraho kuri iki cyemezo, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe yahise arushimira, agira ati: “Icyemezo cyiza kandi kiri mu murongo mwiza . Ikipe y’amagare y’Ababiligi ihawe ikaze mu Rwanda nk’andi makipe yose y’amagare azitabira.”

Yakomeje ati: “Shampiyona y’isi izabera mu mihanda yo mu Rwanda tariki ya 21-28/09/2025.”

Yanavuze ko iyi shampiyona y’isi izabera i Kigali ko ari yo izaba ibaye iya mbere ibereye muri Afrika

Ibi bibaye mu gihe mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka, u Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi mu bya dipolomasi rubushinja gufata uruhande rumwe mu makimbirane y’intambara abera mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Icyo gihe u Rwanda rwanatangaje ko u Bubiligi budafata gusa u ruhande rumwe muri ariya makimbirane hagati yarwo na RDC, ahubwo ko runakwirakwiza ibinyoma mu bindi bihugu kugira ngo bifatire iki gihugu cy’u Rwanda ibyemezo birubangamiye.

Aha ni ho u Rwanda rwahereye ruhita rubukupira iby’umubano.

Tags: AmagareIsiganwaRwandaU Bubiligi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?