• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi i Bukavu yarusimbutse.

You might also like

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Umuyobozi mukuru wa Komine ya Kadutu iherereye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, Byamungu Kazimiri, yarusimbutse ubwo yarimo aganira n’abaturage muri icyo gice, hakaraswa igisasu cya gerenade(grenade) kimwe.

Igihe c’isaha saa z’igitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 10/06/2025, ni bwo i Bukavu haturikiye igisasu hafi n’ahaberaga inama yari iyobowe na Bourgmestre wa Kadutu washyizweho na AFC/M23.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko iyi nama yaberaga kuri stade de Funu, kandi ko yabaye igihe c’isaha ya saa tanu z’igitondo.

Nyuma y’iturika ry’icyo gisasu, abayobozi amakuru akomeza avuga ko bahavuye ari bazima.

Abari inyuma y’icyo gikorwa cy’ubugizi bwa nabi, bivugwa ko ari agatsiko kabakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi bakicyihishe hafi aho.

Gusa, Jaques Perusi wahoze ayoboye iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kuri ubu akaba ari i Uvira ari naho yimuriye ibiro bye, we ibyakozwe yabishinje umutwe wa M23.
Yanditse ati: “Abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ni bo baturikije kiriya gisasu. Barashaka kwica abo bishyiriyeho.”

Uyu mujyi wa bukavu wabereyemo iryo turika ry’igisasu, wakunze kugaragaramo imitwe ya Wazalendo ishyigikiye perezida Felix Tshisekedi, ndetse si ubwa mbere igitero nk’iki cya gerenade kibaye, kuko no mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka na bwo byararashwe mu nama yarimo abayobozi b’iri huriro rya AFC/M23.

Kugeza ubu Wazalendo bashinjwa iki gitero ntibarabyigamba, kandi na boba barakigiriyemo ibibazo nabo ntabaramenyekana. Bivuze ko nta muntu wakiguyemo cyangwa ngo agikomerekeremo.

Tags: BukavuKadutuYarusimbutse
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Abasirikare bafunzwe nyuma y'igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaye mu mujyi wa Kinshasa bambika ubusa umugore witwa Honorine Porche...

Read moreDetails

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili Imitwe itutu yitwaje intwaro ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n'ihuriro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Epfo Igisirikare cy'u Burundi kiravugwaho kongera abasirikare bacyo mu bice bitandukanye muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho...

Read moreDetails

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails
Next Post
Abanyeshuri bo mu Bibogobogo hagaragajwe ikibahangayikishije kuruta ibindi.

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?