• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyeshuri bo mu Bibogobogo hagaragajwe ikibahangayikishije kuruta ibindi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Atari yavuzwe yibyabaye ejo ku wa kabiri mu Bibogobogo.

You might also like

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Abarwanyi bo muri Wazalendo bazwi cyane mu bikorwa byo kwiba amatungo y’Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo, bongeye kuhiba ihene, ariko umwe muri abo bazibye arafatwa.

Mu gitondo cya har’ejo ku wa kabiri tariki ya 10/06/2025, ni bwo Wazalendo bagabye igitero ahitwa kwa Sebasaza mu Bibogobogo banyaga ihene, ku bw’amahirwe make umwe muri abo barwanyi bagabye icyo gitero afatwa n’abaturage banamushyikiriza Ingabo za FARDC ziri muri icyo gice.

Amakuru agaragaza ko humvikanye n’amasasu atari menshi cyane, aya makuru agira ati: “Mu rukerera rwa har’ejo ku wa kabiri, amasasu yumvikanye yari ayabarwanyi ba Wazalendo banyaze ihene kwa Sebasaza.”

Nta mubare wavuzwe w’ihene zanyazwe, ariko bivugwa ko muzanyazwe harimo izo abaturage babashe kugarura, ndetse kandi banafata n’umwe mu barwanyi bagabye icyo gitero.

Amakuru akomeza avuga ko uwo murwanyi wafashwe yavuze ko umukomando wari ubayoboye yitwa Nshoreyingabo.

Bizwi ko mu gitero kandi giheruka icyo Wazalendo banyazemo Inka 10 haza kugarukamo zibiri bigizwemo uruhare na basirikare b’u Burundi bakorana byahafi n’ingabo za Leta ya Congo, cyari kiyobowe n’uyu Nshoreyingabo.

Uyu Nshoreyingabo uzwiho ubwo bugizi bwa nabi avuka ku babyeyi babiri badahuje ubwoko, kuko i se umubyara ni Umupfulero, mu gihe nyina we ari Umunyamulenge.

Yagiye avugwaho ibikorwa nk’ibi, ndetse rimwe na rimwe bikavugwa ko atajya ahuza n’abandi barwanyi bo muri Wazalendo, ni mu gihe, hari ubwo ajya asubiranamo nabo.

Asanzwe afite abarwanyi be ayoboye ba Mai Mai, ariko iyo Wazalendo bagabye ibitero byo kurimbura Abanyamulenge no kubasenyera abavugwamo na we.

Tags: BibogobogoIheneMai MaiNshoreyingabo
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imirwano yakajije umurego hagati ya Wazalendo na FARDC muri Manyema. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro rya Wazalendo n'ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo zisanzwe zifatanya kurwanya ihuriro rya...

Read moreDetails

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze.

Bibogobogo:Amafaranga yaragiye guhembwa Abalimu, Wazalendo bayanyaze. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bakorana byahafi na Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, banyaze amafaranga yaragenewe guhemba Abalimu...

Read moreDetails

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba.

Uwigeze kuba minisitiri muri RDC akaba aheruka kwiyunga kuri AFC/M23 yagaragaye yambariye urugamba. Daniel Paluku Kisaka wahoze ari minisitiri w'ubuhinzi n'ubworozi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe...

Read moreDetails

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y’Epfo.

Mutamba wasabiwe igihano gikakaye yigereranyije na Nelson Mandela wo muri Afrika y'Epfo. Constant Mutamba wabaye minisitiri w'ubutabera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ko ari nka Nelson...

Read moreDetails

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n'Ingabo z'u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa. Rumenge Rugeyo umwe m'urubyiruko rw'Abanyamulenge, yasabye amahanga kureka guhugira ku ntambara ibera muri Gaza...

Read moreDetails
Next Post
Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Icyo amakuru avuga ku bapolisi bagiriwe nabi bazira ko ari Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?