• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi wa Goma kuganira n’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Aya makuru avuga ko Bintou Keita ko “azagera i Goma kuri uyu wa kane tariki ya 12/06/2025,” aho azagirana ibiganiro n’abayobozi ba AFC/M23.

Bintou Keita utegerejwe i Goma ahahoze hari icyicaro cya Monusco, kikaza kwimurwa ubwo M23 yari yegereje gufata uyu mujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Uyu Bintou Keita yagiye yumvikana cyane ashinja uyu mutwe wa M23 guhonyora ubwisanzure bwa muntu no kubangamira ibikorwa by’ubutabazi.

Uru ruzinduko rwe i Goma mu Burasizuba bwa Congo, rugamije kubaza amakuru ku mpinduka zagezweho n’ingaruka z’intambara zageze ku baturage, kugira ngo azabone ibyo ashyikiriza akanama ka UN gashinzwe umutekano n’amahoro mu nama yako iteganyijwe kuba tariki ya 27/06/2025.

Bintou Keita, kuza kwe i Goma, benshi mu basesenguzi babona ko AFC/M23 ari ikimenyetso ko iri huriro rifite umwanya ukomeye mu byatuma RDC yongera kubona amahoro.

Monusco, yagiye igaragaza umuhate munini wo gufasha igisirikare cya RDC, mu bikorwa byose, byaba ibyo kurugamba no guha izi ngabo za RDC imyitozo ya gisirikare, ndetse no kuzifasha gushaka amakuru.

Nyamara umutekano uri Goma no mu bindi bice bigenzurwa n’iri huriro rya AFC/M23, uruta kure uwahahoze n’uri mu bindi bice bikigenzurwa n’uruhande rwa Leta ya Congo.

AFC/M23 nyuma yo gufata ibice igenzura yahise ishyiraho abayobozi b’imijyi, ba Bourgmestre ndetse kandi ishyiraho na ba guverineri n’abandi bayobozi batandukanye.

Tags: AFC/m23Bintou KeitaGoma
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n’u mutwe wa FDLR.

U Rwanda rwagaragaje impungenge ruterwa n'u mutwe wa FDLR. U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, rwatangaje ko ibikorwa by'umutwe w'iterabwoba wa FDLR ruruteye inkenke...

Read moreDetails

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

Abanyamulenge ba bwiwe ko ntayandi mahitamo basigaranye usibye kwirwanaho. Mu muhango wo kwibuka Abanyamulenge biciwe mu Gatumba mu mwaka wa 2004 mu gihugu cy'u Burundi bavuze ko basanga...

Read moreDetails

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu.

Burundi: Hagati ya perezida Ndayishimiye na Gen. Niyongabo haravugwa uruntu runtu. Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi n'umugaba mukuru w'Ingabo z'icyo gihugu, General Prime Niyongabo, bararebana ay'ingwe bapfa amabuye...

Read moreDetails

Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

by Bruce Bahanda
August 15, 2025
0
Intambara ihuza FARDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda na zo ngo zishobora kuyinjiramo, soma inkuru irambuye.

Intambara ihuza ingabo za RDC na AFC/M23/MRDP, iza Uganda nazo ngo zishobora kuyinjiramo, soma Inkuru irambuye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

RDC:Abarimo n'abakozi b'Imana barashinjwa gushaka kwivugana perezida Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?