• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in World News
0
Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iran n’umuyobozi mukuru wayo bategujwe kubona ibyago bikaze.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje amagambo akakaye agaragaza uruhare rwa Amerika mu ntambara ihanganishije Israel na Iran, anavuga ko Iran ikwiye gupfukama ntayandi mananiza ndetse anateguza umuyobozi mukuru w’ikirenga w’iki gihugu kubona ibyago.

Trump akoresheje urubuga rwa Truth yagize ati: “Ubu dufite kugenzura kwuzuye ikirekire cya Iran. Iran yari ifite ibikoresho byiza byo gukurikirana ikirere cyayo n’ubwirinzi bwinshi, ariko ntacyo bumaze ugereranyije n’ibikoresho byakorewe muri Amerika. Nta wundi ubikora neza nk’Abanyamerika.”

Umukuru w’igihugu wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yanavuze ko umuyobozi mukuru w’ikirenga wa Iran Khmenei, ko aho yihishe Amerika ihazi, ahita anamwita “intego yoroshye, ariko nyamara avuga ko bataza mwica ngo kuko sicyo gihe.”

Amagambo ya perezida Donald Trump yakurikiwe n’impungenge zikomeye mu rwego mpuzamahanga, aho impuguke mu bya dipolomasi zivuga ko ashobora gutuma iyi ntambara irushaho gukomera, ikaba intambara nini hagati y’ibihugu byo mu Burengerazuba bwo hagati. Iran ntacyo irabisubizaho, ariko byitezwe ko igomba kubisubiza mu maguru mashya.

Ku rundi ruhande bivugwa ko ibyatangajwe na Trump bishobora guhungabanya imirimo ya demokarasi iri gukorwa na Leta iriho muri Amerika, cyane cyane mu biganiro by’ibanga bigamije kugarura ituze kuri biriya bihugu bihanganye.

Tags: AmerikaIbyagoIran
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

RDC: Bidasubirwaho Constant Mutamba yeguye .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?