• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 21, 2025
in Regional Politics
0
U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

You might also like

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

Abayobozi bo mu nzego nkuru z’igihugu cy’u Burundi bagiriye uruzinduko rwakazi mu Rwanda bagirana ibiganiro n’abo muri iki gihugu.

Ni amakuru yatangajwe n’u Burundi aho agaragaza ko perezida wa Sena y’iki gihugu yakiriwe i Kigali mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa gatanu tariki ya 20/06/2025.

Nk’uko amakuru abivuga uyu muyobozi waturutse i Burundi yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda, Dr Francois Xavier Karinda uyoboye Sena y’iki gihugu, baganira mu gutsimbataza umubano w’ibihugu byombi.

Nk’uko Sena y’u Burundi yabyanditse yagize iti: “Perezida wa Sena Hon Sinzohagera Emmanuel yahuye na mugenzi we w’u Rwanda ari kumwe na ba visi perezida be bombi mu ruzinduko rw’icyubahiro.”

Ubundi kandi izo nyandiko z’u Burundi zikomeza zigira ziti: “Ibiganiro byabo byagarutse ku ruhare rw’izi nzego zombi mu gutsimbataza umubano hagati y’u Rwanda n’u Burundi.”

Ni byatangajwe kandi na Sena y’u Rwanda, yatangaje ko ukuriye Sena y’u Burundi yakiriwe na perezida wa Sena y’u Rwanda.

Yagize iti: “Uyu munsi perezida wa Sena y’u Rwanda, Francois Xavier Karinda ari kumwe na ba visi perezida, Nyirahabimana Soline na Dr Mukabaramba, bahuye na Emmanuel Sinzohagera, perezida wa Sena y’u Burundi. Baganiriye ku mikoranire binyuze muri dipolomasi y’inteko.”

Umubanano w’u Rwanda n’u Burundi umaze igihe urimo amakimbirane, kuko wajemo agatotsi mu mpera z’umwaka wa 2024, ariko kandi na mbere yabwo ntiwari wifashe neza byasaga no guhendahenda kuva mu mwaka wa 2015.

U Burundi bushinja u Rwanda gushigikira umutwe wa Red-Tabara uburwanya, mu gihe nabwo u Rwanda rubushinja gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Tags: ibiganiroU BurundiU Rwanda
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi yerekanye...

Read moreDetails

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

Uwanze kumva ntiyanze no kubona. Umusesenguzi Girinka William Kabare uwo twaherukaga kuri Minembwe Capital News mu ntangiriro z'uyu mwaka yongeye kugaruka, maze avuga ko avuga kuri Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Uganda’s Gen Kainerugaba and DRC’s President Tshisekedi Strengthen Security Ties in Kinshasa Talks

Uganda's Gen Kainerugaba and DRC's President Tshisekedi Strengthen Security Ties in Kinshasa Talks

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?