• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

minebwenews by minebwenews
June 21, 2025
in Regional Politics
0
U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

You might also like

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Abayobozi bo mu nzego nkuru z’igihugu cy’u Burundi bagiriye uruzinduko rwakazi mu Rwanda bagirana ibiganiro n’abo muri iki gihugu.

Ni amakuru yatangajwe n’u Burundi aho agaragaza ko perezida wa Sena y’iki gihugu yakiriwe i Kigali mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa gatanu tariki ya 20/06/2025.

Nk’uko amakuru abivuga uyu muyobozi waturutse i Burundi yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda, Dr Francois Xavier Karinda uyoboye Sena y’iki gihugu, baganira mu gutsimbataza umubano w’ibihugu byombi.

Nk’uko Sena y’u Burundi yabyanditse yagize iti: “Perezida wa Sena Hon Sinzohagera Emmanuel yahuye na mugenzi we w’u Rwanda ari kumwe na ba visi perezida be bombi mu ruzinduko rw’icyubahiro.”

Ubundi kandi izo nyandiko z’u Burundi zikomeza zigira ziti: “Ibiganiro byabo byagarutse ku ruhare rw’izi nzego zombi mu gutsimbataza umubano hagati y’u Rwanda n’u Burundi.”

Ni byatangajwe kandi na Sena y’u Rwanda, yatangaje ko ukuriye Sena y’u Burundi yakiriwe na perezida wa Sena y’u Rwanda.

Yagize iti: “Uyu munsi perezida wa Sena y’u Rwanda, Francois Xavier Karinda ari kumwe na ba visi perezida, Nyirahabimana Soline na Dr Mukabaramba, bahuye na Emmanuel Sinzohagera, perezida wa Sena y’u Burundi. Baganiriye ku mikoranire binyuze muri dipolomasi y’inteko.”

Umubanano w’u Rwanda n’u Burundi umaze igihe urimo amakimbirane, kuko wajemo agatotsi mu mpera z’umwaka wa 2024, ariko kandi na mbere yabwo ntiwari wifashe neza byasaga no guhendahenda kuva mu mwaka wa 2015.

U Burundi bushinja u Rwanda gushigikira umutwe wa Red-Tabara uburwanya, mu gihe nabwo u Rwanda rubushinja gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Tags: ibiganiroU BurundiU Rwanda
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails
Next Post
Uganda’s Gen Kainerugaba and DRC’s President Tshisekedi Strengthen Security Ties in Kinshasa Talks

Uganda's Gen Kainerugaba and DRC's President Tshisekedi Strengthen Security Ties in Kinshasa Talks

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?