Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2025
in Regional Politics
0
Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Afrika y’epfo, mu burakari bwinshi yatangaje ikigiye kongera kuyisubiza muri RDC.

You might also like

Nyuma y’amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame.

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Igisirikare cya Afrika y’Epfo cyatangaje ko cyiteguye kongera gusubira muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23.

Ni byatangajwe n’umugaba mukuru w’Ingabo za Afrika y’Epfo, Gen.Radzani Mphwanya, aho yavuze ko abasirikare b’iki gihugu cye, biteguye koherezwa mu Burasizuba bwa Congo mu rugamba rwo kurwanya M23.

Ibi yabigarutseho ubwo yagiranaga ikiganiro n’abasirikare ba SANDF bari bamaze amezi bafungiranye mu bigo biri i Goma n’i Mubambilo, nyuma y’aho M23 ibarushije imbaraga igafata uyu mujyi wa Goma n’inkengero zawo.

General Rudzani, muri icyo kiganiro yabwiye abasirikare be ko M23 ivuga ko yabatsinze muri iyo mirwano yaberaga i Goma, anashimangira ko biteguye kongera kujya ku rugamba igihe cyose bazabisabwa na Kinshasa.

Yagize ati: “Inkuru y’urugamba ivugwa n’abari ku rundi ruhande, kuko baba bayizi. Barayumvise kandi barayihamije. Ni biba ngombwa ko dusubira mu mirwano, tuzabikora, kandi nzanjyana namwe.”

Imirwano yahanganishije izi ngabo za Afrika y’Epfo n’uyu mutwe wa M23 i Sake n’i Goma yasize izi ngabo zikozwe n’isoni, kuko uyu mutwe wazirukanaga nk’abana. Birangira ufashe Goma n’i Sake na yo iherereye mu birometero bike uvuye muri uyu mujyi wa Goma.

Yasoje avuga ko abasirikare ba SANDF batashye batsinze urugamba, ngo kuko imirwano yakurikiwe n’ibiganiro hagati ya RDC n’u mutwe wa M23, aho gukomeza intambara.

Tags: M23RdcSANDF
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Nyuma y’amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Auto Draft

Nyuma y'amasaha make Gen.Muhoozi avuye i Kinshasa, yavuze kuri perezida Kagame. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Museveni, nyuma yuko...

Read moreDetails

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
1
Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame.

Umunyamulenge, Bishop Musinga yavuze amagambo akomeye ku Rwanda, ndetse kandi avuga no kuri perezida Kagame. Dr. Emmanuel Musinga wo mu bwoko bw'Abanyamulenge, kuri ubu utuye muri Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .

Perezida Trump yavuze ko kubera RDC n'u Rwanda, akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko byari bikwiye ko ahabwa...

Read moreDetails

U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
U Burundi n’u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo.

U Burundi n'u Rwanda byaganiriye ku mubano wabyo. Abayobozi bo mu nzego nkuru z'igihugu cy'u Burundi bagiriye uruzinduko rwakazi mu Rwanda bagirana ibiganiro n'abo muri iki gihugu. Ni...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi.

Gen.Muhoozi yageze kwa Tshisekedi. Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa perezida Museveni, General Kainarugaba Muhoozi, yagiriye uruzinduko rwa kazi i Kinshasa ku murwa mukuru wa Congo....

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?