• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 26, 2025
in World News
0
Ibyo wamenya ku ntwaro kirimbuzi n’ibihugu bizitunze.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo Iran ivuga kubikowa byayo byangijwe n’igitero yagabweho n’ingabo za Amerika.

You might also like

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ubutegetsi bwa Leta ya Iran bwemeje ko ibikorwaremezo by’ingufu za nucléaire byangijwe bidasanzwe n’ibitero Ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye muri iki gihugu.

Tariki ya 22/06/2025, indege z’intambara za Amerika zo mu bwoko bwa B-2 spirit zarashe misile zo mu bwoko bwa GBU-57 ku bigo bitatu bya Iran byari bisanzwe bitunganyirizwamo uranium ifite ubukana bwinshi. Ibyo bigo n’icya Fordow, Natanz na Isfahan.

Amakuru akavuga ko ubwato bwagenderaga munsi y’amazi na bwo bwarashe misile nyinshi kuri Tomahawk na Isfahan hagamijwe gusenya burundu biriya bigo. Muri rusange, ibi bigo byose byarashweho misile 75 za Amerika biranasenywa.

Ibi bitero Amerika yabigabye, mu gihe Israel yarimaze iminsi irenga umunani ihanganye bikomeye na Iran, kuko na yo yahise irasa za misile nyinshi kuri ibi bigo . Ni mu gihe ngo Israel yatinyaga ko Amerika itabyangiza nk’uko yabyifuzaga, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga ya Iran, Esmail Baghaei, avugana n’igitangazamakuru cya Al Jazeera ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 25/06/2025, yemeje ko igitero cya Amerika n’icya Israel byangije ibi bigo mu buryo budasanzwe.

Yagize ati: “Ibigo byacu bya nucléaire byarangijwe cyane, kubera abashotoranyi bo muri Israel na Amerika babigabyeho ibitero biri kurundi rwego.”

Uyu muvugizi yanavuze ko ikigo mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nucléaire ndetse na Iran ubwayo bari gukorana mu isuzuma mu rwego rwo kugira ngo harebwe ko hari ingaruka ibi bitero byagize ku bikorwaremezo bitunganyirizwamo izi ngufu.

Nyuma y’amasaha make iki gitero kigabwe kuri biriya bigo, Trump yahise atangaza ko byangijwe cyane ngo kuburyo kongera kubisana bizagorana, nyamara ibinyamamakuru byinshi byo muri Iran n’ibindi bishigikiye iki gihugu byatangaje icyo gihe ko byangijwe byoroheje.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucleaire
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails
Next Post
Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Obosanjo yagiranye ibiganiro na Tshisekedi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?