• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 27, 2025
in World News
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

You might also like

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo.

Ni mu ntambara imaze iminsi irenga 15 ihanganishije Israel na Iran, aho yatangiye mu mpera z’uku kwezi turimo kwa gatandatu umwaka wa 2025.

Amakuru avuga ko Iran yayiteyemo misile ballestic zigera kuri 400, inayoherezamo drones nyinshi ku buryo nibura misile zigera kuri 35 zabashije kwika hasi k’ubutaka bwa Israel, zinashwanyaguza ibikorwa remezo byayo.

Si ibikorwa remezo byonyine byangijwe, kuko kandi zatwaye n’ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byagiye bitangazwa n’ubuyobozi bw’iki gihugu cya Israel.

Amashusho atandukanye yagiye ashyirwa hanze yagaragazaga ubukana bw’ibisasu Iran yateye muri Israel n’ukuntu byahinduye icyo gihugu umuyonga.

Ni ibisasu ayo mashusho yerekana ko byahiduye igihugu ivu bigasiga bishyize hasi ibikorwaremezo bitandukanye. Ubibonye wese ntiwabura kuvuga ko akaga iki gihugu cyahuye nako ariko karemereye mu mateka yacyo.

Hejuru y’ibyo, muri iki cyumweru kandi Iran yarashe ibisasu biremereye byibasiriye ikigo cya gisirikare cya Al-Udeid air base- ikigo cy’ingabo za Amerika giherereye muri Qatar.

Bivugwa ko iki kigo kibamo abasirikare bagera ku 10,000. Usibye ko mbere y’uko iki gitero kiba, abenshi bari bamaze kwimurwa, hasigara gusa abasirikare 44 bafite hagati y’imyaka 21 na 28, nk’uko amakuru akomeza avuga.

Abo basirikare ni bo bari bafite inshingano yo kurinda iki kigo.

Aba rero bakoze amateka mu kurasa igitero kinini cyane cyabayeho cyifashishije ibikoresho bya patriot misile defense, bakoresheje na sisitemu za Qatar. Nubwo bari bafite amasegonda make yo gufata icyemezo, barashe ibisasu bya Iran byari byegereje kandi bashoboye kubyangiza bitaragera ku butaka.

Ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika, burimo General Dan Caine, bwavuze ko abo basirikare bakoze akazi kindashyikirwa, bashobora guhangana n’igitero gikomeye kandi ngo nta n’umwe wahasize ubuzima muri bo.

Gusa, Iran yo yatangaje intsinzi kuri iki gitero, ndetse kandi yemeza ko yihoreye, nubwo ntabidasanzwe byangiritse.

Ubundi kandi nubwo Israel ahantu henshi ibisasu bya Iran byahahinduye ivu, ariko muri Iran ho ibisasu bya Israel byahahinduye “umwirare,” ari nabyo tuzagarukaho mu nkuru y’ubutaha.

Tags: IbiteroIranIsraelIvu
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin.

Perezida Zelenskyy yatanze umucyo kubyo guhura kwe na Putin. Perezida Zelenskyy Volodymyr wa Ukraine yavuze ko afite ubushake bwo kuzahurira mu biganiro bizamuhuza na perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara.

Ukraine yashyizweho igitutu cyo kurangiza intambara. Leta Zunze ubumwe z'Amerika yo keje igitutu Ukraine, iyisaba guhagarike intambara vuba na bwangu, kandi ikemera ibyumvikanyweho mu biganiro biheruka guhuriramo perezida...

Read moreDetails

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?