Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

You might also like

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

Guverinoma y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo byasinyanye amasezerano y’amahoro aganisha ku muti w’ibibazo by’intambara mu Burasirazuba bwa Congo.

Ni amasezerano yasinyiwe i Washington DC ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu tariki ya 27/06/2025, hagati ya minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungurehe n’uwa RDC, Therese Kayikwamba.

Muri aya masezerano y’amahoro harimo ibijyanye no kubaha ubusugire bwa buri gihugu no gukumira amakimbirane, guhagarika imirwano, kwambura intwaro ndetse no gusubiza mu buzima busanzwe imitwe yitwaje intwaro idashamikiye kuri Leta .

Humvikanyweho kandi gushyiraho urwego rushyinzwe iby’umutekano ruhuriweho n’impande zombi, hamwe no gufasha mu bikorwa byo gucyura impunzi, gushyigikira ubutumwa bw’ingabo z’umuryango w’Abibumbye muri Congo zizwi nka MONUSCO no gushyiraho uburyo bw’imikoranire mu by’ubukungu.

Ubwo izi mpande zombi zasinyaga aya masezerano, uwari uhagarariye umuhango wo kuyasinya ni umujyanama wa perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump, ari we Marco Rubio.

Minisitiri Olivier Nduhungurehe wayasinye ku ruhande rw’u Rwanda, yasobanuye ko izi ngiro zaya masezerano y’amahoro ni icyemezo kigamije gushyiraho uburyo buhoraho buhuriweho n’u Rwanda na RDC mu bijyanye n’umutekano.

Yanavuze kandi ko u Rwanda rushaka ubufatanye mu by’ubukungu, harimo n’amasosiye n’abashoramari bo muri Amerika, ndetse kandi n’iterambere rihuriweho n’ubufatanye bwambukiranya imipaka bikazarushaho gufungura ku bw’inyungu zifatika ku bihugu byombi.

Avuga ko amasezerano menshi yasinywe atashyizwe mu bikorwa nk’uko bikwiye ariko ngo nubwo inzira iri imbere itoroshye, binyuze mu gushyigikirwa na Amerika ndetse n’abandi bafatanyabikorwa, nta kabuza iki ari igihe cy’impinduka.

Rubio na we wayoboye uyu muhango wo gusinya ariya masezerano, yavuze ko Trump ari perezida ushaka amahoro, yagize ati: “Trump ni perezida w’amahoro. Arashaka rwose amahoro. Ibyo mvuga nibyo ashyize imbere kuruta undi wese urihano.”

Tags: AmasezeranoIbyimbitseRdcRwanda
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Icyo Trump yatangaje nyuma y'isinywa ry'amasezerano y'amateka hagati ya RDC n'u Rwanda. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k'ibiyaga bigari gatangiye amateka...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails

Ibyingenzi ku byisinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, nubwo impungenge zikiri zose.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Hatanzwe umucyo ku masezerano agiye gusinywa hagati y’u Rwanda na RDC.

Ibyingenzi ku byisinywa ry'amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo, nubwo impungenge zikiri zose. U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo barasinya amasezerano yo gushyiraho akadomo kanyuma...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, umuhungu wa perezida Museveni, yatumiye Abanyarwanda muri Uganda ku basura mu buryo...

Read moreDetails

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora.

Imyigaragambyo muri Kenya yongeye kuri kora. I Nairobi mu gihugu cya Kenya, abantu 16 bishwe n'aho hafi abandi 400 barakomereka nyuma y'aho abantu babarirwa mu bihumbi imirongo bigabije...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?