• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije ku gisirikare cyayo, ngo yaba igiye kongera kugaba ibitero ku bikorwa bya Nucléaire bya Iran, ngo mu gihe izaba ibona ko ari ngombwa.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Byatangajwe na perezida Donald Trump w’iki gihugu gikomeye ku Isi, nyuma y’aho ubuyobozi bw’igihugu cye bukomeje kugaragaza icyizere ku bitero giheruka kugaba ku bigo bitatu Iran yakoreragamo ibya nucléaire ko byagenze neza.

Trump yagize ati: “Yego cyane. Nta gushidikanya, byaba ari ibintu bikomeye. Ni ibintu byansaba kumva ko koko bikwiye.”
Yavuze ibi ubwo yasubizaga uwari wamubajije niba atekereza kongera kugaba ibitero kuri Iran mu gihe raporo nshya z’ubutasi zaba zerekana ko Iran irimo kongera gutunganya Uranium.

Yongeyeho kandi avuga ko atekereza ko Iran itasubira vuba muri gahunda yo gutunganya nucléaire nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho.

Kimwecyo ntampungenge yagaragaje ku bijyanye n’aho Iran yaba iri gukorera ibikorwa bya nucléaire, ibikora mu ibanga. Gusa avuga ko Iran na Israel bose bashishikajwe no kubaho kuruta ibindi byose muri iki gihe.

Yagize ati: “Bumvise bananiwe. Kandi n’Abanya-Israel nabo barananiwe. Naganiriye nabo bombi, bose bashaka ko ibintu birangira. Twakoze akazi gakomeye. Ubu icyo batekereza ni ejo hazaza, uko bazabaho.”

Hagati mu nteko ishinga amategeko ya Amerika, habaye impaka zikomeye ubwo bari mu nama mucyumba cya Sena, abo mu ishyaka riri ku butegetsi ry’Abarepubulikani benshi muri bo bemeje ko ibitero bya Amerika kuri Iran byagize icyo bikora kinini, mu gihe abo mu ishyaka ry’Abademokarate bo bagishidikanya, bavuga ko urunium igihari, kandi ko bidashobora kwemeza ko gahunda ya Iran ya Nucléaire yasenywe.

Abadepite barimo Nancy Pelosi na Ro Khanna bavuga ko hakiri ibibazo byinshi bitarabonerwa igisubizo, kandi ko hagikenewe uburyo bwemewe bwo kugenzura n’ubushishozi bwa dipolomasi, kugira ngo ikibazo cya Iran gikemurwe burundu.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucléaire

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • Ubutumwa Bukomeye bwa Me. Byashoni ku Banyamulenge Bari mu Mahanga: Ukwizera, Ubumwe no Kongera Kubaka Umuryango
  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?