Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amerika yikomye umutwe wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yikomye umutwe wa M23.

You might also like

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y’Amajyepfo.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije muri Ambasaderi wayo muri L’oni, Dorothy Shea, yatangaje ko umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ugize igihe warabujije Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama ka L’oni gashyizwe amahoro ku Isi, mu nama yako yabaye mu mpera z’iki cyumweru turimo dusoza.

Yavuze ko uyu mutwe wa M23 umaze amezi abiri warabujije Monusco kugeza ubufasha kubabukeneye. Ni nyuma y’aho imirwano yayogoje aka karere yatumye abenshi bava mu byabo.

Agasaba ko ibyo uyu mutwe ukwiye guhita ubibundura mu maguru mashya.
M23 yafashe umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Hari nyuma y’aho yari imaze kwigarurira inkengero z’uyu mujyi zirimo n’umujyi muto wa Sake uherereye mu birometero bibarirwa muri 27 uvuye mu mujyi wa Goma.

Bivuze ko M23 imaze hafi amezi atanu n’igice ibohoje Goma, abenshi mu bayituye bavuga ko abayiyoboye babategetse neza.

Na nyuma yabwo kandi uyu mutwe wa M23 wongeye kwigarurira ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo, birimo n’umujyi wa Bukavu na wo ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara.
Abaturiye ibice byose uyu mutwe urimo, barawushima, ahanini bashingira kukuba ingabo za Congo zirukanwa muri ibyo bice, ubwo zabigenzuraga zafataga nabi abaturage mu kubanyaga no kubica, ndetse zikabambura n’ibyabo.

Ibyo byarahindutse ku ngoma y’uyu mutwe wa M23, abaturage barishyira bakizana nk’uko bagenda babigaragaza hirya no hino mu Minembwe, Goma, Bukavu n’ahandi.

Tags: AmerikaM23Yikomye
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe. Mu Minembwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge mu ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, hari indege yahakoreye impanuka yashakaga kwitura ku kibuga...

Read moreDetails

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi.

Fizi: Nyuma yo kwica komanda bamurashe bataye umurambo we mu ruzi. Imirwano yo gusubiranamo kwa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke, muri secteur y'i Lelenge, teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo,...

Read moreDetails

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

M23 yafashe utundi duce twinshi two muri Kivu y'Epfo. Haravugwa imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'abarwanyi bo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n’ubu bari kurasana byakaze ibyabo.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Rwongeye kwambikana bikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23.

Aka-Biroze-Bishambuke kashobotse n'ubu bari kurasana byakaze ibyabo. Abarwanyi bava mu bwoko bw'Abapfulelo bafite itsinda rizwi nka Biroze-Bishambuke basubiranyemo baramarana, nyuma yo kwica umukobwa mwenewabo wa Colonel Ngomanzito Umuyobozi...

Read moreDetails

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n’isoni.

RDC: Abasirikare ba FARDC barenga 40 bakurikiranyweho ibyaha bikomeye kandi biteye n'isoni. I Butembo ho muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hari abasirikare 45 ba...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?