• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amerika yikomye umutwe wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yikomye umutwe wa M23.

You might also like

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije muri Ambasaderi wayo muri L’oni, Dorothy Shea, yatangaje ko umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ugize igihe warabujije Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zizwi nka MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama ka L’oni gashyizwe amahoro ku Isi, mu nama yako yabaye mu mpera z’iki cyumweru turimo dusoza.

Yavuze ko uyu mutwe wa M23 umaze amezi abiri warabujije Monusco kugeza ubufasha kubabukeneye. Ni nyuma y’aho imirwano yayogoje aka karere yatumye abenshi bava mu byabo.

Agasaba ko ibyo uyu mutwe ukwiye guhita ubibundura mu maguru mashya.
M23 yafashe umujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Hari nyuma y’aho yari imaze kwigarurira inkengero z’uyu mujyi zirimo n’umujyi muto wa Sake uherereye mu birometero bibarirwa muri 27 uvuye mu mujyi wa Goma.

Bivuze ko M23 imaze hafi amezi atanu n’igice ibohoje Goma, abenshi mu bayituye bavuga ko abayiyoboye babategetse neza.

Na nyuma yabwo kandi uyu mutwe wa M23 wongeye kwigarurira ibindi bice byinshi byo muri Kivu y’Amajyepfo, birimo n’umujyi wa Bukavu na wo ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara.
Abaturiye ibice byose uyu mutwe urimo, barawushima, ahanini bashingira kukuba ingabo za Congo zirukanwa muri ibyo bice, ubwo zabigenzuraga zafataga nabi abaturage mu kubanyaga no kubica, ndetse zikabambura n’ibyabo.

Ibyo byarahindutse ku ngoma y’uyu mutwe wa M23, abaturage barishyira bakizana nk’uko bagenda babigaragaza hirya no hino mu Minembwe, Goma, Bukavu n’ahandi.

Tags: AmerikaM23Yikomye
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y’i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yavuze ko iri gusaba Leta y'i Kinshasa ibintu bibiri bikomeye mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa zayo i Doha...

Read moreDetails

“Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai,” ubuhamya bukomeye.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

"Za nka zari zabuze zaje zishorewe na Mai Mai," ubuhamya bukomeye. Inka umunani z'umugabo w'Umunyamulenge witwa Foma Hagaba, zari zaburiwe irengero kuva ku munsi w'ejo ku wa kane,...

Read moreDetails

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda. Abanyamategeko bakorera mu kwaha ku butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye urukiko rukuru rw'igisirikare cy'iki gihugu guhamya Joseph...

Read moreDetails

Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

by Bruce Bahanda
August 22, 2025
0
Icyihishe inyuma y’inka za buriwe irengero mu Bibogobogo.

Icyihishe inyuma y'inka za buriwe irengero mu Bibogobogo. Inka zibarirwa ku munani z'u mugabo witwa Foma Hagaba wo mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 21, 2025
0
Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC.

Minembwe yashyizwe ku rundi rwego rwo hejuru muri RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP -Twirwaneho ryagize Minembwe ahazwi nk'i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo teritware. Ni cyemezo cyafashwe...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?