• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungurehe na mugenzi we minisitiri wa Congo, Therese Kayikwamba Wagner, ni bo basinye amasezerano y’amateka agamije gushyiraho akadomo kanyuma intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ni amasezerano yashyizweho umukono n’impande zombi (u Rwanda na RDC) ku itariki ya 27/06/2025, aho byabereye i Washington DC muri Amerika imbere ya minisitiri wayo w’ubanyi n’amahanga, Marco Rubio.

Nyuma yo gusinya ariya masezerano y’amahoro, umuryango w’ubumwe bw’afrika wavuze ko ari intambwe ikomeye itewe ku mahoro mu karere.

Yasinywe mu gihe umutwe wa M23 umaze igihe kitari gito ufashe ibice byinshi byo mu Burasirazuba bwa Congo.

Igikurikira nyuma yisinywa ry’amasezerano y’amateka ni yo ntambwe igoye impande zombi zigiye kwinjiramo.

Igisirikare cya RDC cyemeye guhagarika imikoranire iyariyo yose n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ndetse kandi gishimangira ko kigiye kuwurwanya ki kawurandura burundu.

Muri aya masezerano kandi byavuzwe ko u Rwanda ruvana ingabo zarwo k’u butaka bwa Congo, nubwo rwo rutemera ko ntazo rufiteyo.

Ikindi kandi ni uko hari ikibazo cy’uyu mutwe wa M23. Ubutegetsi bw’i Kinshasa burashaka gusubirana uduce twose uyu mutwe wa M23 wabohoje turimo n’udukungahaye ku mabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko ibi byitezwe ko bizaganirwaho mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC, hagati ya RDC n’u mutwe wa M23 mu biganiro by’i Doha muri Qatar.

Ibyo niba bizashoboka bizaterwa nuko ibiganiro by’i Doha bizaganda hagati ya RDC n’u mutwe wa M23.

Nyamara kandi birasabwa ko u Rwanda na Congo bigirana ubusabane bwabugufi kugira ngo ibyo biyemeje bigerweho, bitabaye ibyo kw’aba ari uguhendana.

Hajuru y’ibyo, Amerika na yo irabwa kudaterera agati muryinyo, ngwise nk’aho yarangije ikibazo. Irasabwa kwegera cyane buri ruhande rurebwa n’iki kibazo kugira ngo bikomeze kurushaho kunoga.

Tags: Amasezerano y'amahoroAmerikaIkurikirahoIntambweU Rwanda na Congo
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?