Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

You might also like

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Perezida wa Kenya William Ruto, yavuze ko atumva impamvu abari mu gukora imyigaragambyo yo kumusaba kwegura bashaka ndetse n’aho bifuza ko ajya.

Ibi Ruto yabigarutseho mu mpera z’iki cyumweru, ni mu gihe imyigaragambyo yari imaze iminsi ibera hirya no hino i Nairobi n’ahandi muri Kenya.

Abaturage bakoze iyi myigaragambyo bagiye bumvikana bavuga bati: “Ruto agomba kugenda.”

Muri ubwo buryo perezida Ruto yabaganeye ubutumwa, kandi abwira abayikoze ko yabakurikiranye cyane ariko atazi neza icyo bashaka.

Yagize ati: “Abigaragambyaga narabakurikiranye, barimo bavuga ibintu bitatu, bavuze ko bakunda Kenya ariko banga abayobozi babo, bavuze na none ibijyanye na manda imwe, ndetse banavuga ko Ruto agomba kugenda. Ibyo ni ibintu numvise.”

Aha yahise ababwira ati: “Niba koko mukunda Kenya by’ukuri nk’uko mubivuga, mwitwika igihugu cyanyu.”

Yakomeje avuga ko atumva uko aba bantu bashaka ko agenda n’aho akwiye kujya.

Ati: “Niba nanone ari ukuvuga ngo Ruto agomba kugenda, mumbwire uko mushaka ko ngenda, mureke twibaze ukuri, muba mushaka kuvuga iki? Iyo muvuga ngo Ruto agomba kugenda, gute nagenda ?”

Yanabagiye inama ababwira ko abashaka ko agenda bakwiye kubikora binyuze mu matora, bakumvisha abaturage ba Kenya ko bafite ibisubizo byiza biruta ibyo yabahaye.

Ibi yabivuze mu gihe habaye imyigaragambyo yabiganjemo urubyiruko, bayikoze bashaka ko yegura , aho bagaragazaga ibibazo bitandukanye byugarije iki gihugu cya Kenya.

Ni myigaragambyo yakozwe mu kwizihiza umwaka umwe ushize habaye indi myigaragambyo nayo yari yabayemo urubyiruko yatewe n’umushinga w’itegeko nshinga wo kuzamura imisoro.

Byanatumye Ruto ahagarika uyu mushinga w’itegeko nshinga nyuma yuko yari yokejwe igitutu.

Tags: ImyigaragambyoKenyaRuto
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC. Ibirambuye… Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe na mugenzi we minisitiri wa Congo, Therese Kayikwamba...

Read moreDetails

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye. L'oni yasabye ko amatora y'abadepite n'abayobozi ba makomine aheruka kuba mu gihugu cy'u Burundi asubirwamo, ngo kuko yabayemo uburiganya bukabije. Aya...

Read moreDetails

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye. Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ni umwe mu bagabo n'abakuru b'ibihugu bo muri iki gihe ku mugabane wa Afrika no...

Read moreDetails

Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Icyo Trump yatangaje nyuma y'isinywa ry'amasezerano y'amateka hagati ya RDC n'u Rwanda. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko akarere k'ibiyaga bigari gatangiye amateka...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe. Yoweli Kaguta Museveni perezida wa Uganda yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?