• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Kenya yagize icyo avuga ku myigaragambyo irimo gukorwa mu gihugu cye.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida wa Kenya William Ruto, yavuze ko atumva impamvu abari mu gukora imyigaragambyo yo kumusaba kwegura bashaka ndetse n’aho bifuza ko ajya.

Ibi Ruto yabigarutseho mu mpera z’iki cyumweru, ni mu gihe imyigaragambyo yari imaze iminsi ibera hirya no hino i Nairobi n’ahandi muri Kenya.

Abaturage bakoze iyi myigaragambyo bagiye bumvikana bavuga bati: “Ruto agomba kugenda.”

Muri ubwo buryo perezida Ruto yabaganeye ubutumwa, kandi abwira abayikoze ko yabakurikiranye cyane ariko atazi neza icyo bashaka.

Yagize ati: “Abigaragambyaga narabakurikiranye, barimo bavuga ibintu bitatu, bavuze ko bakunda Kenya ariko banga abayobozi babo, bavuze na none ibijyanye na manda imwe, ndetse banavuga ko Ruto agomba kugenda. Ibyo ni ibintu numvise.”

Aha yahise ababwira ati: “Niba koko mukunda Kenya by’ukuri nk’uko mubivuga, mwitwika igihugu cyanyu.”

Yakomeje avuga ko atumva uko aba bantu bashaka ko agenda n’aho akwiye kujya.

Ati: “Niba nanone ari ukuvuga ngo Ruto agomba kugenda, mumbwire uko mushaka ko ngenda, mureke twibaze ukuri, muba mushaka kuvuga iki? Iyo muvuga ngo Ruto agomba kugenda, gute nagenda ?”

Yanabagiye inama ababwira ko abashaka ko agenda bakwiye kubikora binyuze mu matora, bakumvisha abaturage ba Kenya ko bafite ibisubizo byiza biruta ibyo yabahaye.

Ibi yabivuze mu gihe habaye imyigaragambyo yabiganjemo urubyiruko, bayikoze bashaka ko yegura , aho bagaragazaga ibibazo bitandukanye byugarije iki gihugu cya Kenya.

Ni myigaragambyo yakozwe mu kwizihiza umwaka umwe ushize habaye indi myigaragambyo nayo yari yabayemo urubyiruko yatewe n’umushinga w’itegeko nshinga wo kuzamura imisoro.

Byanatumye Ruto ahagarika uyu mushinga w’itegeko nshinga nyuma yuko yari yokejwe igitutu.

Tags: ImyigaragambyoKenyaRuto
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?