• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Religion
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

You might also like

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk’uko amakuru avayo abivuga.

Aya makuru yatanzwe n’umwe mu bagize uyu mutwe wa Twirwaneho uherereye muri icyo gice cya Rugezi, aho yemeje ko uru rusengero ari uyu munsi ku cyumweru tariki ya 29/06/2024, barutashye ku mugaragaro.

Yagize ati: “Mu gitondo hano mu Rugezi, Twirwaneho na M23 bazinduwe ikanisa ryabo rishyashya.”

Ni urusengero amakuru akomeza avuga ko rwari rumaze iminsi rwubakwa, kandi ko abarwubatse bakoresheje ibiti, ubundi kandi barusakaza n’ibyatsi.

Nyuma y’aho baruzinduwe kuri iki cyumweru barusengeyemo, barubwirizamo n’ijambo ry’Imana, ndetse kandi baruririrmbiramo n’indirimbi zibanze cyane ku gushima Imana. Byanavuzwe ko bari basanzwe basengera ku misozi no ku mikikira y’ibisambi byaho hafi.

Uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, byigaruriye iki gice cya Rugezi mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, nyuma yo kucirukanamo ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Kwirukana iri huriro muri iki gice, abagize uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho babibona nk’imbaraga z’Imana ibatiza nk’abakozi bayo zikabahesha kunesha abanzi babo.

Kubera ibyo bituma bakomeza gushyira Imana yabo imbere, ni muri ubwo buryo bakora basenga Imana binyuze mu kuyihimbaza no kuyiha icyubahiro.

Si nigishitsi kuko aho Umunyamulenge hose ageze ahakora ikanisa, yaba ari mu ntambara cyangwa ari mu mahoro, Imana yabo ihabwa ikibanza cy’imbere.

Hagataho, ubu mu Rugezi bafite agahenge k’amahoro, ni nyuma y’aho kuva ku wa kane nta mirwano irongera kuyiberamo, usibye isubiranamo rya Mai-Mai-Biroze-Bishambuke ryabereye i Gasiro ku wa gatanu no ku wa gatandatu mu Gitumba.

Uyu munsiho iryo subiranamo ntaryongeye kuvugwa, nubwo impande zihanganye zo muri uwo mutwe wa Mai Mai zikirebana ayingwe.

Tags: Ikanisa rishyaKuzinduwaRugeziTwirwaneho
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
October 6, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

CEPAC na CADEC nyuma y'igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye Itorero rya 8ème CEPAC n'irya 37ème CADEC, amakanisa akorera mu misozi miremire y'i Mulenge ataracanaga uwaka...

Read moreDetails

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

by Bahanda Bruce
October 5, 2025
0
Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y'Imana Umushumba w'itorero rya All National Assemblies of God, rifite icyicaro gikuru i Nakivale mu majy'Epfo y'igihugu cya Uganda, Reverend Misigaro...

Read moreDetails
Next Post
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yasabye L'oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?