Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2025
in World News
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

You might also like

Iran yasabye L’oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel.

Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo cya Nobel cy’amahoro, ngo kubera uruhare rwe mu gufasha kurangiza amakimbirane y’intambara amaze imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Congo.

Ibi Nduhungurehe yabigarutseho mu kiganiro yakoreye muri ambasade y’u Rwanda iri i Washington DC, aho yavuze ko iyi ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo ari imwe mu ntambara ndende zabaye ku mugabane wa Afrika, avuga yazengereje ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane harimo n’icy’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda avuga ko umuntu wese wagize uruhare runini mu gukemura iyi ntambara, harimo na perezida Trump akwiye guhabwa igihembo cya Nobel cy’amahoro.

Ibi yabivuze mu gihe hari n’ibindi bihugu byabitangaje, kuko na Pakistan na yo yatanze iki cyifuzo cyo guha Trump igihembo. Hari nyuma y’aho Perezida Donald Trump ahuje iki gihugu n’u Buhinde ku ntambara byarimo mu kwezi gushize iyamaze iminsi ibarirwa ku ntoki, nubwo amakimbirane hagati y’ibi bihugu yo amaze igihe kirekire.

Ndetse kandi na Trump ubwe yagiye abigarukaho inshuro nyinshi, avuga ko yabaye umuhuza w’ibihugu birimo RDC n’u Rwanda, Israel na Iran, u Burusiya na Ukraine n’ibindi n’ibindi. Muri ubwo buryo akavuga ko byari bikwiye ko isi imugenera igihembo cya Nobel.

Iki kiganiro cya Nduhungurehe cyabereye muri ambasade y’u Rwanda muri Amerika, yagikoze nyuma y’amasaha make u Rwanda na RDC bisinyanye amasezerano y’amahoro yasinywe hagamijwe gukemura burundu ibibazo by’intambara nini ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Tags: amahoroIgihembo cya NobelTrump
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iran yasabye L’oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel.

by Bruce Bahanda
June 30, 2025
0
Iran yigambye gukubita Amerika inkonji iremereye.

Iran yasabye L'oni ikintu gikomeye gukora kuri America na Israel. Iran yasabye umuryango w'Abibumbye guhatiriza Israel na Leta Zunze ubumwe z'Amerika kwemera ko aribyo byazanye intambara yamaze iminsi...

Read moreDetails

Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

by minebwenews
June 28, 2025
0
Iran Issues Stern Warning to Trump Over ‘Disrespectful’ Tone Toward Supreme Leader

On June 27, 2025, Iran's Foreign Minister Abbas Araghchi issued a sharp warning to U.S. President Donald Trump, urging him to abandon his "disrespectful and unacceptable tone" toward...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

by Bruce Bahanda
June 28, 2025
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zibinyujije ku gisirikare cyayo, ngo yaba igiye kongera kugaba ibitero ku bikorwa bya...

Read moreDetails

Putin Addresses Ukraine Conflict, Western Relations, and EAEU Goals in Minsk Press Conference.

by minebwenews
June 27, 2025
0
Putin Addresses Ukraine Conflict, Western Relations, and EAEU Goals in Minsk Press Conference.

Russian President Vladimir Putin delivered remarks at a press conference following the Eurasian Economic Union (EAEU) summit in Minsk, covering critical issues including the ongoing Ukraine conflict, relations...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel.

Ibyo wa menya ku bitero bya Iran muri Israel. Ibisasu Iran yateye muri Israel byatumye ihindika umuyonga biyishyira mu kaga itarigera ihura nako mu mateka yayo. Ni mu...

Read moreDetails
Next Post
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y'aho isinye amasezerano y'amahoro.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?