• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2025
in World News
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo cya Nobel cy’amahoro, ngo kubera uruhare rwe mu gufasha kurangiza amakimbirane y’intambara amaze imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Congo.

Ibi Nduhungurehe yabigarutseho mu kiganiro yakoreye muri ambasade y’u Rwanda iri i Washington DC, aho yavuze ko iyi ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo ari imwe mu ntambara ndende zabaye ku mugabane wa Afrika, avuga yazengereje ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane harimo n’icy’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda avuga ko umuntu wese wagize uruhare runini mu gukemura iyi ntambara, harimo na perezida Trump akwiye guhabwa igihembo cya Nobel cy’amahoro.

Ibi yabivuze mu gihe hari n’ibindi bihugu byabitangaje, kuko na Pakistan na yo yatanze iki cyifuzo cyo guha Trump igihembo. Hari nyuma y’aho Perezida Donald Trump ahuje iki gihugu n’u Buhinde ku ntambara byarimo mu kwezi gushize iyamaze iminsi ibarirwa ku ntoki, nubwo amakimbirane hagati y’ibi bihugu yo amaze igihe kirekire.

Ndetse kandi na Trump ubwe yagiye abigarukaho inshuro nyinshi, avuga ko yabaye umuhuza w’ibihugu birimo RDC n’u Rwanda, Israel na Iran, u Burusiya na Ukraine n’ibindi n’ibindi. Muri ubwo buryo akavuga ko byari bikwiye ko isi imugenera igihembo cya Nobel.

Iki kiganiro cya Nduhungurehe cyabereye muri ambasade y’u Rwanda muri Amerika, yagikoze nyuma y’amasaha make u Rwanda na RDC bisinyanye amasezerano y’amahoro yasinywe hagamijwe gukemura burundu ibibazo by’intambara nini ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Tags: amahoroIgihembo cya NobelTrump
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y'aho isinye amasezerano y'amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?