• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2025
in World News
0
Perezida Trump yavuze impamvu akwiye guhabwa ishimwe rya Nobel ashiramo n’ibihugu byo mu karere RDC iherereyemo .
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump ngo akwiye igihembo cy’amahoro.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko ari ngombwa ko Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, akwiye igihembo cya Nobel cy’amahoro, ngo kubera uruhare rwe mu gufasha kurangiza amakimbirane y’intambara amaze imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Congo.

Ibi Nduhungurehe yabigarutseho mu kiganiro yakoreye muri ambasade y’u Rwanda iri i Washington DC, aho yavuze ko iyi ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Congo ari imwe mu ntambara ndende zabaye ku mugabane wa Afrika, avuga yazengereje ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane harimo n’icy’u Rwanda.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda avuga ko umuntu wese wagize uruhare runini mu gukemura iyi ntambara, harimo na perezida Trump akwiye guhabwa igihembo cya Nobel cy’amahoro.

Ibi yabivuze mu gihe hari n’ibindi bihugu byabitangaje, kuko na Pakistan na yo yatanze iki cyifuzo cyo guha Trump igihembo. Hari nyuma y’aho Perezida Donald Trump ahuje iki gihugu n’u Buhinde ku ntambara byarimo mu kwezi gushize iyamaze iminsi ibarirwa ku ntoki, nubwo amakimbirane hagati y’ibi bihugu yo amaze igihe kirekire.

Ndetse kandi na Trump ubwe yagiye abigarukaho inshuro nyinshi, avuga ko yabaye umuhuza w’ibihugu birimo RDC n’u Rwanda, Israel na Iran, u Burusiya na Ukraine n’ibindi n’ibindi. Muri ubwo buryo akavuga ko byari bikwiye ko isi imugenera igihembo cya Nobel.

Iki kiganiro cya Nduhungurehe cyabereye muri ambasade y’u Rwanda muri Amerika, yagikoze nyuma y’amasaha make u Rwanda na RDC bisinyanye amasezerano y’amahoro yasinywe hagamijwe gukemura burundu ibibazo by’intambara nini ibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Tags: amahoroIgihembo cya NobelTrump
Share26Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y'aho isinye amasezerano y'amahoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?