• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 3, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

You might also like

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n’abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge.

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo kumukeho ko ari Umututsi.

Uyu yishwe aha’rejo ku wa gatatu tariki ya 02/07/2025, yicirwa i Kamituga mu gice kigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Umwe wo mu muryango w’uyu wishwe yasobanuye ko uyu mugabo wo mu bwoko bw’Abashi uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 30 na 35, yishwe ubwo yari yerekeje i Kamituga kwishyuza abari mu madeni ye kuko ngo yari asanzwe ari umucuruzi.

Avuga ko ubwo yarimo agendagenda yishyuza yageze mu gace kamwe ko muri Kamituga agasangamo Wazalendo bahita bamwita Umunyarwanda ni ko guhita bamurasa arapfa.

Yagize ati: “Ubwo yageraga ahari Wazalendo muri Kamituga, bamwise Umunyarwanda, we arabahakanira. Ababwira ko ari Umushi, banga kubyemera niko guhita bamurasa amasasu mu mutwe ahasiga ubuzima.”

Ni mu gihe yari yerekeje i Kamituga aturutse ahitwa i Kasheshe ho muri Bukavu, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Amashusho yagiye hanze agaragaza umuvu w’amaraso utemba ku butaka. Uwari warashwe arambaraye hasi nyuma y’aho yari yamaze kuvamo umwuka w’abazima.

Aya mashusho kandi amugaragaraza ubona yari umugabo ukiri muto ku myaka y’amavuko, winzobe nyinshi, kandi ari muto muto ku mutumba.

Wazalendo kwica Abatutsi n’undi wese usa nabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, babigize umwuga, kuko kubica babitangiye mu myaka yo ha mbere nk’uko amateka agenda abigarukaho. Bivugwa ko ibyo byo kubica byatangiye ahagana mu 1964 kugeza n’ubu ubwo bwicanyi baracyabukomeje, ndetse ubuho igisirikare cy’u Burundi n’umutwe wa FDLR byabaye umufatanyabikorwa. Mu mugambi wo kumaraho icyitwa Umututsi wese.

Tags: KamitugaUmututsiYishwe Arashwe
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n’abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n'abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge. Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu y'Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe. Ihuriro rya Wazalendo rirwana ku ruhande rw'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye ibisasu byinshi mu Rugezi...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo. Abasirikare b'u Burundi basanzwe bakorera mu nshe z'i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y'Epfo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo...

Read moreDetails

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y'u Burundi biravuza ubuhuha. Nyuma y'aho Leta y'u Burundi ifunze Colonel Moïse Arakaza uzwi cyane ku izina rya Nyeganyega, yongeye gufunga...

Read moreDetails
Next Post
Boulos yavuze akamaro ka masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC.

Boulos yavuze akamaro ka masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?