• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in Regional Politics
0
Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikizakorwa mbere y’uko FDLR isenywa.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yatanze umucyo kubibaza uko umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda uzasenywa, avuga ko mbere yuko urandurwa abawugize bazabanza bigishwe kuwuvamo.

Ibi minisitiri Nduhungurehe yabigarutseho ubwo yasobanuraga ibikubiye mu masezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono n’u Rwanda na Congo i Washington DC.

Abajijwe kubijyanye no gusenya uyu mutwe wa FDLR, yavuze ko hazabanza gukorwa ubukangurambaga bugamije gusaba abawubarizwamo kuwuvamo.

Ati: “Tuzabanza gukora ubukangurambaga, abagize uriya mutwe, muri bo abazabasha kubyumva bazajanwa ahabigenewe. Bacyurwe mu Rwanda.”

Nyuma hakazabona gukoreshwa ingufu za gisirikare, ariko bibanje gukorwa n’igisirikare cya RDC.

Binateganyijwe ko Fardc mbere yuko itangira ku wugabaho ibitero bigamije kuwusenya burundu, izabanza guhagarika imikoranire iyariyo yose ifitanye na wo.

Kandi mu kuwusenya ikazabikora mu gihe kitarenze amezi atatu, nyuma y’uko abakuru b’ibihugu byombi uw’u Rwanda n’u wa RDC na bo bazaba bageze i Washington DC gutanga umurongo wibyasinyiwe muri ayo masezerano. Maze nyuma yayo mezi atatu mu gihe bizaba bitatanze umusaruro, ingabo z’u Rwanda zizakorana n’iza RDC ba randure uwo mutwe burundu.

Tubibutsa ko aya masezerano yashyizweho umukono ku itariki ya 27/06/2025, imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio.

Nyuma yo kuyasinya, intambwe zikurikiraho, zirimo izo zo gusenya FDLR ni zo zisa nk’aho zikomeyeho, ariko kandi igisirikare cya RDC cyamaze kwemeza guhagarika imikoranire iyariyo yose n’umutwe wa FDLR. Ndetse kandi gishimangira ko kigiye kuwurwanya ki kawurandura burundu.

Indi ntambwe iri muri aya masezerano byavuzwe ko u Rwanda ruvana ingabo zarwo k’u butaka bwa Congo, nubwo rwo rutemera ko ntazo rufiteyo.

Ikindi kandi ni uko hari ikibazo cy’uyu mutwe wa M23. Ubutegetsi bw’i Kinshasa bushaka gusubirana uduce twose uyu mutwe wabohoje turimo n’udukungahaye ku mabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Kimwecyo, byitezwe ko bizaganirwaho mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasizuba bwa Congo, hagati ya RDC n’uyu mutwe wa M23 mu biganiro by’i Doha muri Qatar.

Ibyo niba bizashoboka bizaterwa nuko ibiganiro by’i Doha bizagenda.

Ikindi kandi birasabwa ko u Rwanda na Congo bigirana ubusabane bwabugufi kugira ngo ibyo biyemeje bigerweho, bitabaye ibyo kw’aba ari uguhendana.

Hejuru y’ibyo, Amerika na yo irasabwa kudatera agati muryinyo, ngwise nk’aho yarangije ikibazo. Irasabwa kwegera cyane buri ruhande rurebwa n’iki kibazo kugira ngo bikomeze kurushaho kunoga.

Tags: AmasezeranoFDLRGusenya
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n'u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?