Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2025
in World News
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze.

You might also like

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo.

Ni ibitero iki gisirikare cya Israel cyagabye mu majyaruguru ya Gaza no mu majy’Epfo yayo, maze ngo byibasira agace ka Beit Hanoun n’inyubako ziherereye hafi ya Kaminuza ya ki Islam na yo iri aho hafi.

Iki gitero ngo nticyari gisanzwe kuko cyanaguyemo abantu 110 barimo 34 bari bategereje imfashanyo ku kigo cya GHF(Gaza Humanitarian Foundation), kiri hafi y’umujyi muto wa Rafa uherereye mu majy’Epfo y’iyi ntara ya Gaza.

Abatangabuhamya bavuze ko aho hantu h’i Rafah harimo imiryango itagira kivurira, abagore n’abana bari bateraniye aho batekerezaga ko ari agace kizewe, bategereje ibiribwa n’imiti. Icyakora, mu kanya nk’ako guhumbya no guhumura, ibisasu bya Israel byabishe, bihindura ahari hategerejwe ubuzima agace k’amarira.

Imiryango itegamiye kuri Leta ifasha ikiremwa muntu irimo uwa Medecins Sans Frontières na Human Right Watch, byanenze bikomeye ibi bitero, ivuga ko Israel iri gukoresha imbaraga z’umurengera kandi igambiriye gutera ubwoba abasivili.

Abayobozi ba Gaza na bo bashinja Israel kugaba ibitero ititaye ku buzima bw’abantu batari abasirikare.

Ubundi kandi n’ibihugu byinshi byasabye Israel guhagarika ibitero nk’ibi mu basivili, ariko kandi ntacyo Israel iratangaza kuby’iki gitero.

Ibi bikozwe mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zotsaga igitutu Israel kuyoboka inzira y’ibiganiro n’impande ihanganye na zo.
Hakaba hitezwe icyo Israel iza kuvuga kuri ibi bitero yakoze mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki cyumweru no mu gitondo.

Tags: 110GazaIbiteroIsrael
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe. Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w'iki...

Read moreDetails

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Umwe mu bakuru b'ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n'uburyo azabikora. Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?