• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2025
in World News
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo.

Ni ibitero iki gisirikare cya Israel cyagabye mu majyaruguru ya Gaza no mu majy’Epfo yayo, maze ngo byibasira agace ka Beit Hanoun n’inyubako ziherereye hafi ya Kaminuza ya ki Islam na yo iri aho hafi.

Iki gitero ngo nticyari gisanzwe kuko cyanaguyemo abantu 110 barimo 34 bari bategereje imfashanyo ku kigo cya GHF(Gaza Humanitarian Foundation), kiri hafi y’umujyi muto wa Rafa uherereye mu majy’Epfo y’iyi ntara ya Gaza.

Abatangabuhamya bavuze ko aho hantu h’i Rafah harimo imiryango itagira kivurira, abagore n’abana bari bateraniye aho batekerezaga ko ari agace kizewe, bategereje ibiribwa n’imiti. Icyakora, mu kanya nk’ako guhumbya no guhumura, ibisasu bya Israel byabishe, bihindura ahari hategerejwe ubuzima agace k’amarira.

Imiryango itegamiye kuri Leta ifasha ikiremwa muntu irimo uwa Medecins Sans Frontières na Human Right Watch, byanenze bikomeye ibi bitero, ivuga ko Israel iri gukoresha imbaraga z’umurengera kandi igambiriye gutera ubwoba abasivili.

Abayobozi ba Gaza na bo bashinja Israel kugaba ibitero ititaye ku buzima bw’abantu batari abasirikare.

Ubundi kandi n’ibihugu byinshi byasabye Israel guhagarika ibitero nk’ibi mu basivili, ariko kandi ntacyo Israel iratangaza kuby’iki gitero.

Ibi bikozwe mu gihe Leta Zunze ubumwe z’Amerika zotsaga igitutu Israel kuyoboka inzira y’ibiganiro n’impande ihanganye na zo.
Hakaba hitezwe icyo Israel iza kuvuga kuri ibi bitero yakoze mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki cyumweru no mu gitondo.

Tags: 110GazaIbiteroIsrael
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Umusirikare wa FARDC yishe bagenzi be i Kisangani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?