Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2025
in World News
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

You might also like

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Iran.

Amakuru avuga ko iki gitero cya Israel yagikoze ubwo abategetsi ba Iran bari mu nama y’umutekano yarimo na perezida w’iki gihugu.

Ni nama aya makuru akomeza avuga ko yari iy’umutekano w’igihugu, kandi ko yabaye ku itariki ya 15/06/2025, aho ngo yari yabereye i Tehran kumurwa mukuru wayo.

Bivugwa ko aya makuru yashyizwe hanze n’umwe mu bayobozi b’iki gihugu ariko utaratangajwe amazina ye, nk’uko byatangajwe na CNN dukesha iyi nkuru.

Avuga ko icyo gitero ko cyari kigamije kwica abayobozi bo hejuru bimitwe itatu y’ubutegetsi bwo muri iki gihugu cya Iran.

Yavuze kandi ko iki gitero ko cyakozwe igihe c’isaha ya saa sita z’amanywa, ibisasu bitandatu ngo bikaraswa ku nyubako yabereyemo inama kugira ngo bifunge inzira zose zo guhunga, bikurikirwa no gucibwa k’umuriro.

Nyamara ngo kubw’amahirwe, perezida wa Iran n’abandi bayobozi bakuru babasha kurokoka banyuze mu mwobo wihutirwa wari wateguwe, ariko uyu Perezida Pezeshkian w’imyaka 70 y’amavuko agakomereka ku kuguru, ariko ngo bidakabije.

Tags: IranIsraelMasoud PezeshkianYarakomerekejwe
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze. Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo. Ni ibitero iki gisirikare...

Read moreDetails

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Umwe mu bakuru b'ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n'uburyo azabikora. Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails
Next Post
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?