• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in World News
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

MuhammaduBuhari wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no hanze yacyo.

Mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida wa Nigeria yitabye Imana.

Amakuru avuga ko Buhari yaguye i Londres mu Bwongereza, aho yari amaze iminsi itari mike avurirwa.

Umwe mu bari bamurwaje i Londres mu Bwongereza witwa Peter Obi, yavuze ko ari igihe gikomeye kubanya Nigeria n’inshuti zayo.

Peter Obi wigeze kubaho umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, yihanganishije umuryango wa Buhari n’igihugu cyose muri rusange.

Yakomeje avuga ko aya makuru ababaje, anavuga ko uyu wahoze ari perezida yari umuntu witwaraga neza mubuzima bwe bwose yabayeho hano ku Isi.

Yagize ati: “Urupfu rwe ni ikintu gikomeye bitari ku muryango we gusa, ahubwo ni ku gihugu cyose.”

Yongeyeho asabira umuryango wa Buhari n’Abanyanigeriya bose.

Ati: “Allah ushobora byose, ubane na burumwe wite cyane ku muryango we, kandi uhembe imirimo Buhari yakoreye muri iki gihugu cyacu cya Nigeria.”

Yongeye ati: “Umuhe n’iruhuko ridashyira muri Aljannatul Firdaus.”

Buhari witabye Imana ku myaka 82 y’amavuko, ni we wabaye perezida wa mbere muri Nigeria atsinze perezida wari uri ku butegetsi ubwo yatorwaga mu 2015, ayobora igihugu cye mu bihe bikomeye by’ubukungu bubi cyane ndetse no mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’iterabwoba.

Tags: BuhariLondresNigeriaPerezidaYitabye Imana
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?