• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

minebwenews by minebwenews
July 15, 2025
in World News
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

You might also like

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by’u Burusiya.

Perezida Trump ni we watangaje ibi aho yabikoze ari gushimangira ibikorwa byo gushyigikira Ukraine mu buryo bwo kuyoherereza intwaro kugira ngo irushyeho kwirwanaho mu gihe yakugarizwa n’ibitero by’u Burusiya bya drones na misiles.

Trump watangaje ibi yagaragaje ko yizeraga ko Vladimir Putin w’u Burusiya ashaka amahoro, ariko ko ibyo akora kumanywa bitandukanye nibyo akora mu ijoro.

Mu ijambo rye atangaza ibi yagize ati: “Tuzaboherereza Patriots kuko bazikeneye cyane, kubera ko mu by’ukuri Putin yatunguye abantu benshi. Avuga neza, maze akarasa abantu bose ibisasu ku mugoroba. Ntabwo mbikunda.”

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yasobanuye ko Amerika atari yo izirengera ikiguzi cy’izi ntwaro, ahubwo ko ibihugu byo mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi aribyo bizazigura, nyuma uzihe Ukraine.

Ati: “Ukraine irazikwiye kuko ikeneye kwirinda. Ariko EU izazishyura, ntabwo ari twebwe tuzazishyura. Tuzaba dukora ubucuruzi.”

Kurundi ruhande, u Burusiya iyo busobanura impamvu bugaba ibitero kuri Ukraine, buvuga ko bubikora mu kwihorera, ngo kuko na yo irasa ku butaka bwabwo, kandi ngo buba bugambiriye gusa ibikorwaremezo byagisirikare.

Tags: AmerikaIntwaroPatriotsUkraine
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by minebwenews
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Avugwa ku bitero byagabwe mu Rugezi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?