• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2025
in Regional Politics
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zafatiye ibihano Umugabo w’Umunya-Somalia, umunya-Uganda n’Umunyafrika-y’Epfo, ibashinja gufasha umutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byatangajwe na minisiteri y’imari ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ivuga ko ifatiye bariya bagabo ibihano kubera gukorana n’ibivume.

Iyi minisiteri isobanura ko imitungo aba bantu bafite muri Amerika igomba gufatirwa hashingiwe kuri iki cyemezo, ndetse ko nta muntu uba muri iki gihugu wemewe kuboherereza amafaranga.

Umunya-Uganda Hamidah Nabagala ashinjwa gufasha ADF kubona amafaranga, no gutera inkunga igitero cy’iterabwoba cyagabwe i Kampala mu mwaka wa 2021, kigatwara ubuzima bw’umuntu umwe, abandi benshi bagakomereka.

Ashinjwa kandi gukura abana be muri Uganda abajyana muri uyu mutwe w’iterabwoba wa ADF ukorera mu Burasirazuba bwa Congo.

n’Umunyafrika-y’Epfo Zeyd Gangati na we ashinjwa gutoza abarwanyi ba ADF, gushimuta abantu hagamijwe gusaba imiryango yabo amafaranga, ubujura ndetse n’ubwambuzi, byose akabikora ashakira uyu mutwe imibereho.

Abdweli Mohammed Yusuf, avugwaho kuba umuyobozi w’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State muri Somalia kuva mu 2019, we ashinjwa kugira uruhare rukomeye mukoherereza ADF abarwanyi, intwaro n’ibikoresho bya gisirikare bikomeye.

Iriya minisitiri y’imari ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika yavuze kandi ko Abdweli Mohammed ko yambuye abantu bo muri Somalia miliyoni 2,5 z’amadolari mu ntangiriro z’umwaka wa 2022, yose akaba yarifashijwe mu nyungu z’iyi mitwe y’iterabwoba.

Tags: ADFAmerikaIbihanoInkungaRdc
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze n'amahoro i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?