• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze n’amahoro i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2025
in Conflict & Security
0
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze i Mulenge.

You might also like

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa kabiri ihuriro ry’ingabo za Congo zateraguye amasasu mu bice byo mu marembo ya Rugezi, umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bikerekezayo, abarasaguraga bahise bahunga, bitumye muri ibyo bice hagaruka ituze n’amahoro.

Amasasu ngo yarashwe kuva mu gitondo cyakare cyo ku wa kabiri tariki ya 16/07/2025, ageza igihe c’isaha zine zija gushyira muri saa tanu.

Amakuru agaragaza ko ririya huriro ry’ingabo za Congo zarasiraga i Gasiro no mu tundi duce duherereye hafi na Rugezi igenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Nyamara nubwo ku ruhande rwa Leta bagaragaje kurasa byacyane, ariko ntawabasubizaga wo ku ruhande rwa Twirwaneho na M23.

Usibye ko abo muri iyi mitwe yombi berekeje muri ibyo bice byarimo kumvikaniramo intwaro, abazirasaguraga bahita batuza.

Ibindi bice byavugiyemo ibiturika byinshi ku munsi w’ejo ni muri Kabanju no mu nkengero zayo, nka Gitumba ndetse na Matanganika.

Kugeza ubu ntihazwi icyaba cyarateye iri turika ry’imbunda ridasanzwe ryaturikiraga mu duce tugenzurwa n’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC.

Kimwecyo, mu cyumweru gishize abo mu mutwe wa Mai-Mai-Biroze-Bishambuke basanzwe bakorana byahafi n’ingabo za FARDC basubiranyemo i Gasiro no mu Kabanju, kandi isubiranamo ryabo ryasize ritwaye ubuzima bw’abantu batanu barimo na major wo muri uyu mutwe, ndetse n’umudamu bivugwa ko yarafitanye isano rya bugufi na Col-Ngomanzito umuyobozi mukuru w’uyu mutwe.

Nubwo bitavugwa ko bari bongeye gusubiranamo, ariko Twirwaneho yagize uruhare runini mu guhoshya urwo urusaku rw’imbunda, kuko yahagaze mu duce turangizika, abarasaguraga barabihagarika.

Uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bigenzura Rugezi, Mikenke na Minembwe na Rurambo.

Ahanini ibice byinshi byo muri ibyo bice babibohoje nyuma y’urupfu rwa General Rukunda Michel Makanika wahoze ari umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Twirwaneho.

Mukubohoza ibyo bice byongeye kugarura umutekano n’ituze mu Banyamulenge bari babuze intwari yabo ikomeye idateze kuzibagirana muri bo.

Ibyo benshi baherako bakavuga ko Imana yashatse guhumuriza ubwoko bwayo ibwirukanira umwanzi wabwo muri Minembwe, Mikenke na Rugezi.

Imyaka yari ibaye umunani kuko kuva mu 2017 kugeza muri 2025 abanyamulenge badatekanye, ndetse bageraga muri centre ya Minembwe izwi nk’umurwa mukuru wabo bikandagira, abenshi banayiguyemo bicwa na FARDC yayigenzuraga muri iyo myaka.

Twirwaneho kuri ubu iyobowe na Freddy Kaniki Rukema na Brigadier General Charles Sematama, babashe kugarura amahoro muri icyo gice cyose.

Ubu Abanyamulenge muri Minembwe centre bagenda ijoro na manywa batitinya, badahumaguza umutekano kuri bo bunva ari wose.

Gusa ibice bikigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo nk’i Cyohagati, i Ndondo ya Bijombo, no mu tundi duce two muri teritware ya Fizi na Uvira niho bataratekana.

Hagataho mu Minembwe, Rugezi na Mikenke ndetse na Rurambo barakinguye birakunda, kabone nubwo umwanzi atari kuru yo muri ibyo bice.

Tags: Ituze n'amahoroRugezi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga

Impuruza i Kinshasa: Imiryango 64 ya Sosiyete Sivile Yaburiye Tshisekedi ku Mpinduka z’Itegeko Nshinga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Sosiyete Sivile yasabye Perezida Tshisekedi guhagarika burundu gahunda ya referendum...

Read moreDetails

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale

Goma et Bukavu au cœur d’une nouvelle controverse : l’AFC/M23 prend une décision que Kinshasa juge illégale Minembwe Capital News Le gouvernement de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe

Goma na Bukavu Byongeye Kuba Indiri y’Impaka: AFC/M23 Yafashe Icyemezo Kinshasa Ivuga ko Kitemewe Minembwe Capital News Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwamagana icyemezo cya...

Read moreDetails

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous »

AFC/M23 dénonce une grave anomalie après la libération de 15 détenus : « Six n’ont aucun lien avec nous » L’Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) a dénoncé une anomalie...

Read moreDetails

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la compagnie

LE SAVIEZ-VOUS ? La gouvernance de l’UDPS figure parmi les facteurs pointés du doigt dans les difficultés persistantes de Congo Airways — Voici les problèmes qui paralysent la...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?