• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in World News
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

You might also like

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, nyuma y’aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo kubaka urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile.

Mu minsi ishize ni bwo perezida Trump yatangaje ko urugemero rwa Grand-Ethiopia ruherereye ku mugezi wa Nile ahanini rwubatswe n’amafaranga ya Amerika.

Ni urugomero bivugwa ko ari rwo runini ku mugabane wa Afrika, ndetse kandi rukaba rwari rumaze imyaka 14 rwubakwa, nyuma y’uko rwuzuye muri uku kwezi turimo.

Muri iyi myaka 14 rwamaze rwubakwa, abategetsi b’iki gihugu cya Ethiopia bavuga ko guverinoma yabo kwariyo yateye inkunga imirimo yo kurwubaka ifatanyije n’abaturage.

Nyuma y’aho Trump atangaje iby’uru rugemero ko ari igihugu cye cyateye inkunga yo kurwubaka, umuyobozi wungirije mu biro bishinzwe guhuza ibikorwa bya ruriya rugomero, yatangaje ko amagambo ya perezida Donald Trump ari “ibinyoma bibi kandi ngo bisenya.”

Ahamya ko uru rugomero rw’ubatswe nta nkunga n’imwe y’amahanga irutanzweho.

Nyamara sibwo bwa mbere Trump avuga ko urugemero rw’ubatswe ku ruzi rwa Nile rwatangiye gutanga umuriro w’amashanyarazi muri 2022 mbere yo kuzura burundu muri uku kwezi ko rw’ubatswe ku nkunga ya Amerika.

Uru rugemero byari biteganyijwe ko ruzubakwa mu gihe cy’imyaka 6, rugatwara miliyari 4 z’amadolari y’Amerika.

Gusa, nyuma yokuzura abanya-Ethiopia bakomeje gutanga imisanzu yo kurwubaka, dore ko kugeza muri uyu mwaka hari hamaze gukusanywa abarirwa muri miliyari 12.

Mu kuzura k’uru rugemero, byanejeje abanya-Ethiopia barwitezeho ko rubaha umuriro w’amashanyarazi, kuko abatari bake muri bo ntawe bagiraga.

Tags: Grand-EthiopiaTrumpUmunyakinyomaUrugomero
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko azahana u Burusiya mu gihe ibihugu...

Read moreDetails

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w'intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese...

Read moreDetails

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y'abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari...

Read moreDetails

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.

Avugwa i Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?