• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 12, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y’abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari intumwa za Hamas.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Byagarutsweho na ninisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, wavuze ko barashe kuri Qatar kubera ko yaricumbikiye ibyihebe byo mu mutwe wa Hamas.

Yagize ati: “Guverinoma ntizikwiye gucumbikira ibyihebe, twahigaga ibyihebe byagize uruhare mu gutegura ibitero byo ku itariki ya 07/10/2023.”

Netanyahu kandi yavuze ko kiriya gitero bakoze gisa neza nk’ibyo Amerika yagabye yihimura ku bitero bya Al-Qaeda byayigabweho ku wa 11/09/2001.

Hirya y’ejo ni bwo igisirikare cya Israel cyagabye icyo gitero. Ni igitero amakuru avuga ko cyari kigambiriye kwivugana abayobozi ba Hamas bari muri icyo gihugu aho bari bitabiriye ibiganiro by’amahoro.

Nyuma y’icyo gitero ibihugu birimo Amerika, ubumwe bw’u Burayi na Qatar ubwayo, bamaganye Israel yabikoze.

Nk’ubumwe bw’u Burayi bwanasohoye itangazo buvuga ko bugiye guhagarika inkunga bwahaga Israel.

Mu gihe Qatar na yo yashyize itangazo hanze, isobanura ko Israel yari ibizi ko abayobozi ba Hamas bagiye muri Qatar bisabwe na Merika na Israel.

Ndetse kandi ivuga ko bitumvikana uburyo ibya Hamas byagereranywa na Al-Qaeda kuko ubwo uyu mutwe w’iterabwoba wagabaga ibitero kuri Amerika nta buhuza mpuzamahanga bwashatswe.

Israel uretse kuba yaragabye kiriya gitero ku ntumwa zari mu biganiro by’amahoro, inengwa kandi kuba yaravogereye ubusugire n’umutekano by’ikindi gihugu.

Tags: HamasIgiteroNetanyahuQatar

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Chelsea mu mazi abira: Irashinjwa ibyaha imirongo bijanye no kunyuranya n’amategeko

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?