• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2025
in World News
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n’abasivili abandi n’abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo.

Ihangana hagati y’impande zombi riri kubera ku mupaka uhuza ibihugu byombi.

Tariki ya 24/07/2025, ni bwo imirwano yatangiye, aho amakuru avuga ko yatewe n’amakimbirane amaze imyaka myinshi, ashingiye ku duce duhuza ibi bihugu.

Aya makuru anagaragaza neza ko imirwano yatangiriye mu gace gaherereyemo urusengero rwa Prasat Ta Muen Thom. Hari nyuma y’aho abasirikare ba Thailand bakomerekejwe n’ibisasu byatezwe mu butaka.

Ariko nubwo biruko, Ambasaderi wa Combondia mu muryango w’Abibumbye, Chhea Keo, yavuze ko igihugu cye cyasabye ko habaho agahenge nta yandi mananiza.

Yongeye avuga ko Phnom Penh igomba gushaka igisubizo kirambye kuri ayo makimbirane binyuze mu nzira y’amahoro.

Ku ruhande rwa Thailand ntacyo iratangaza kuri ibi.
Kuva intambara yaduka imaze kugwamo abantu 32 abandi bagera ku bihumbi bamaze kwimurwa mu byabo, hariho n’abandi imirongo bayikomerekeyemo.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Thailand, Nikorndej Balankura, we yavuze ko igihugu cye cyifuza ko amakimbirane gifitanye na Cambodia yakemurwa binyuze mu biganiro by’impande zombi, kandi hatabaye ubufasha bw’abahuza.

Ibi yabitangaje mu gihe perezida wa Malaysia, Anwar Ibrahim, yari yatanze ubufasha bwo gutangiza ibiganiro hagati y’impande zombi mu rwego rwo gushaka amahoro.

Tags: IntambaraThailand
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

Twirwaneho yagize icyo ivuga ku Burundi na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?