• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 5, 2025
in Regional Politics
0
U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi buraramutswa minisitiri w’intebe mushya.

You might also like

Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashyizeho minisitiri w’intebe mushya, ari we Nestor Ntahontuye.

Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 05/08/2025, nibwo Nestor yagizwe minisitiri w’intebe w’iki gihugu cy’u Burundi, nyuma y’uko byemejwe n’imitwe yombi igize inteko ishinga amategeko.

Nestor asimbuye kuri izi nshingano Lt .Gen Gervais Ndirakobuca na we watorewe kuba perezida wa Sena y’iki gihugu.

Ndetse kuri ubu biravugwa ko Ndayishimiye ko agiye gukora impinduka zihuse muri guverinoma ye, ba minisiteri bamwe bakayivanwamo hakaza abandi bashya.

Nestor washyizwe munshingano nshya, yari asanzwe ari minisitiri w’imari, ni nshingano yahawe mu kwezi kwa cumi numwe umwaka wa 2024.

Perezida w’u Burundi ashyizeho minisitiri w’intebe mushya, mu gihe bivugwa ko ari gutegura gutsemba Abanyamulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Kuko mu cyumweru gishize, umutwe wa Twirwaneho urwanira ukubaho kwabo, washyize itangazo hanze ugaragaza ibice biri hafi n’ahatuye Abanyamulenge muri teritware ya Fizi na Mwenga ndetse na Uvira u Burundi bwoherejemo ingabo zabwo mu rwego rwo kugira ngo zitangire kugaba ibitero kuri bo.

Gusa, igisirikare cy’u Burundi cyaje kubihakana, kivuga ko ibyo Twirwaneho ikivugaho ari ibinyoma.

Ariko kandi, kuri uyu wa kabiri ziriya ngabo z’u Burundi kubufatanye n’iza RDC, FDLR na Wazalendo bazindutse bagaba ibitero ku Banyamulenge mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ni bitero umutwe wa Twirwaneho wasubije inyuma, ndetse wirukana ririya huriro kubi. Kuri ubu mu Minembwe hagarutse ituze.

Imyaka itatu irashyize ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC n’imitwe yitwaje imbunda irimo uwa FDLR na Wazalendo zirwanya Abanyamulenge, kuko izi ngabo zageze ku butaka bw’iki gihugu hagati mu mwaka wa 2022.

Tags: Minisitiri w'intebeNestor Ntahontuye
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa. Umuyobozi mukuru w'umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye ibirego by'ibiro by'umuryango w'Abibumbye bishinzwe uburenganzira bwa muntu biherutse gutangaza...

Read moreDetails

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

by Bruce Bahanda
August 6, 2025
0
Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n’ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro.

Inama Loni yatanze ku bihugu birimo n'ibyo muri Afrika bifite ubutunzi ariko bikaba bidafite ubushobozi bwo kububyaza umusaruro. Umuryango w'Abibumbye wavuze ko hari ibihugu 32 birimo 16 byo...

Read moreDetails

Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

by minebwenews
August 5, 2025
0
Ethiopia Deploys Forces Near Eritrea Border. Tensions Escalate

Ethiopia-Eritrea Border Tensions Escalate as Troops and Heavy Weaponry Deploy Near AssabAddis Ababa. August 5, 2025 Reports confirmed Tensions between Ethiopia and Eritrea have reached a critical point as...

Read moreDetails

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda.

Abimukira bagiye koherezwa mu Rwanda. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zigiye kohereza abimukira 250 mu Rwanda nyuma y'aho ibi bihugu byombi bibyumvikanyeho. Ni amakuru yemejwe n'umuvugizi w'u Rwanda, Yolande...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwagaragaje impamvu ruzakomeza kwitabira ibiganiro bihuza RDC na AFC/M23 i Doha. Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko igihugu cye ko kizakomeza kwitabira ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Intambara y’amagambo hagati ya Amerika n’u Burusiya yafashe indi ntera.

Ibihugu birimo na RDC, Amerika yabujije abaturage bayo kubikoreramo ingendo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?