• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

You might also like

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu muryango wa Afrika y’i Burasizuba, EAC, n’uwa Afrika y’Amajyepfo, SADC, bagiranye ikiganiro, aho bareberaga hamwe ibyerekeranye n’umutekano muke wo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki kiganiro abakuru b’ibi bihugu bakigiranye aha’rejo ku wa gatatu tariki ya 13/08/2025, bagikora bifashishije ikorana buhanga rya none.

Ni ikiganiro amakuru avuga ko cyagarukaga kucyakorwa kugira ngo amahoro arambye agaruke muri RDC no mu karere kose muri rusange, hashingiwe ku myanzuro yafatiwe mu nama, yahuje umuyobozi mukuru wa SADC, uwa EAC n’abahuza bashyizweho n’umuryango wa Afrika Yunze ubumwe.

Iyi nama yitabiriwe kandi n’abarimo perezida Felix Tshisekedi wa RDC, perezida Dr. William Ruto wa Kenya akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC, Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe ari na we uyoboye SADC, Hakainde Hichilema uyoboye Zambia, n’abanyamabanga bakuru bagize iyi miryango yombi.

Ibiro bya EAC byatangaje ko muri iyi nama, abakuru b’ibihugu bemeje kongera perezida Mokgweetsi Masisi wa Botswana mu nteko y’abahuza ku kibazo cya RDC.

Baganiriye kandi ku kwemeza imyanzuro yafatiwe mu nama y’ubushize yari yahuje iyi miryango ku itariki ya 01/08/2025.

Usibye nibyo, basabye ko ubunyamabanga tekiniki bwa komisiyo ya AU, EAC n’ubwa SDC buhuzwa, bukaba ubunyamabanga buhuriweho bukazayoborwa na komisiyo ya AU i Addis-Abeba muri Ethiopia.

Tags: EACikiganiroKagameRdcSADC
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda. Imbonerakure zirwanya ihuriro rya AFC/M23/MRDP mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinja Leta y'u Burundi kuzibeshya amafaranga....

Read moreDetails

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n'ingabo za RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano bikakaye umutwe witwaje intwaro wa PARECO wo muri...

Read moreDetails

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe. Mu nkambi y'impunzi y'i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n'icya Repubulika...

Read moreDetails

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?