• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

minebwenews by minebwenews
August 14, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Imbonerakure zirwanya ihuriro rya AFC/M23/MRDP mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinja Leta y’u Burundi kuzibeshya amafaranga.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’abamwe muri izi mbonerakure, aho bavuga ko mu mezi umunani ashize mbere y’aho zijya muri RDC, buri wese yari yasezeranyijwe amadorali 500 n’inkunga y’ibiribwa.

Umwe muri zo yabwiye itangazamakuru ati: “Twagombaga guhabwa ayo mafaranga, tukanahabwa n’ibiribwa ariko byose byahekeye iyo tutazi.”

Yakomeje asobanura ko mbere yuko berekeza muri RDC, babanje guhabwa amahugurwa yagisirikare mu kigo giherereye mu ishyamba ndetse no ku bibuga by’imikono, imiryango yabo isezeranywa ubufasha mu gihe bapfira ku rugamba.

Avuga ko benshi muri zo bapfiriye ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo kimwe kandi n’abasirikare, ariko ko kugeza ubu imiryango yabo nta kintu irahabwa, ndetse ngo imyinshi muri iyo miryango yimwa n’uruhushya rwo gukorera ikiriyo ababo.

Nyamara kandi ngo Imbonerakure zimwe nyuma y’aho zicyuwe zivanwa ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo, abaturage batinya ko zizabica, ngo n’ubwo zahawe amabwiriza azibuza gukora ibinyuranyije n’amategeko, kandi zibwibwa ko uzabirengaho azahanwa kubi.

Imbonerakure kimwe n’ingabo z’u Burundi zatangiye koherezwa muri RDC mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 nyuma y’amasezerano y’ubufatanye mu byagisirikare ibihugu byombi byagiranye.

Ariko kandi na mbere yabwo, Imbonerakure zagiye zihabwa imyitozo ya gisirikare kandi zigaherekeza abasirikare muri RDC. Usibye ko icyo gihe ho zajyaga kurwanya imitwe yitwaje intwaro irwanya Leta yabo.

Tags: AmafarangaBurundiImbonerakure
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?