• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 13, 2025
in World News
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

You might also like

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w’intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese utekereza ko hazabaho Leta ya Palestine, avuga ko ibice byayo byose ko ari ibyabo.

Ni nyuma y’aho ku wa gatanu tariki ya 12/09/2025, ibihugu biri mu muryango w’Abibumbye byatoye bishigikira amahame yiswe aya New York, ajanye no gushyinga Leta ya Palestine.

Aya mahame bivugwa ko agizwe n’ingingo zirindwi zagizwemo uruhare n’u Bufaransa na Arabie Saudite. Akaba yaremejwe muri uyu mwaka wa 2025 mu nama y’umuryango wa Loni wo kugabanya abanya-Israel n’Abanya-Palestine igihugu.

Iki gitekerezo cyo kugabanya Abanya-Palestine n’Abanya-Israel igihugu ntabwo ari gishya, kuko cyemejwe bwa mbere muri Loni 1947, gusa ishyirwa mu bikorwa ryacyo ryagiye rizamo ibibazo, ari na yo mpamvu ryongeye kuganirwaho.

Bivugwa ko aya mahame ya New York agaragaza ko gahunda yo kugabanya abanya-Israel n’Abanya-Palestine igihugu agomba gushyirwa mu bikorwa mu gihe cy’amezi 15 agabanyije mu byiciro bitandukanye.

Avuga ko hakwiye kubaho igihugu cyitwa Palestine gifite ubusugire, cyigenga, giteye imbere mu bukungu kandi kigendera kuri demokarasi, ariko ntikigire igisirikare.

Agena kandi ko Hamas ikwiye kurambika intwaro hasi, ubuyobozi bwa Gaza ikabushyira mu biganza bya Palestine, hanyuma ibihugu by’amahanga bikemera Palestine nk’igihugu.

Rero kuri uyu wa gatanu ibihugu bigize umuryango w’Abibumbye, birimo u Bufaransa, u Bwongereza, u Bubiligi, Qatar n’ibindi byaratoye bishyigikira ari ya mahame yo kugira Palestine igihugu cyigenga.

Hanyuma ibihugu byatoye yego ni 142, ibyatoye oya ni 10 birimo Israel, Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Tonga na Hongrie.

Ibihugu byifashe ni 12 birimo Repubulika ya demokarasi ya Congo Guatemala, Ethiopia, Fiji, Sudan y’Epfo, Somalia n’ibindi.

Nyuma yayo matora, minisitiri w’intebe wa Israel, yavuze ko iyo Leta itazabaho.

Yagize ati: “Nta na rimwe hazabaho Leta ya Palestine, ibice byayo byose ni bya Israel.”

Yashimangiye ibi ati: “Nu tekereza ko iyo Leta izabaho agende abyibagirwe guhera uyu munsi.”

Ibi bisa no gukurira inzira ku murima buri wese utekereza ku mahoro n’ibisubizo binyuze muri Leta ya Palestine.

Tags: IsraelLoniPalestine
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y'abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari...

Read moreDetails

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails
Next Post
U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y'u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?