• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 14, 2025
in World News
0
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

You might also like

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko azahana u Burusiya mu gihe ibihugu bihuriye mu muryango wo gutabarana wa NATO bizaba bitakigurira igitero muri iki gihugu cy’u Burusiya.

Bikubiye mu butumwa yatambukije ku rubuga rwa Truth Social, yavuze ko ubutegetsi bwe bwiteguye guhana byintangarugero u Burusiya, igihe ibihugu byo muri NATO bizaba byemeye kugura igitero muri Amerika, bikareka icyo mu Burusiya.

Trump yagize ati: “Niteguye gutangira igihe muzaba mwiteguye kubahiriza ibyo mbasaba. Niteguye ko muzambwira igihe.”

Uyu mukuru w’iki gihugu cya leta Zunze ubumwe z’Amerika yasobanuye ko kugura igitero mu Burusiya bibabaje, yanatanze n’igitekerezo ko OTAN yashyiraho umusoro uri hagati ya 50% na 100% ku bicuruzwa byinjira muri uwo muryango bivuye mu Bushinwa. Yavuze ko ibyo byaca intege igenzura rikomeye bufite ku Burusiya.

Ibyo abitangaje mu gihe ibihugu byo mu Burayi bimushinja kudahana u Burusiya, kubera intambara bwashoye kuri Ukraine. Ni intambara yatangiye mu kwezi kwa kabiri umwaka wa 2022.

Nubwo Trump akangisha gufatira ibihano bikakaye u Burusiya, ariko kugeza ubu yananiwe kugira ikintu na kimwe akora ubwo u Burusiya bwirengangizaga ibihe ntarengwa yagiye abushyiraho, bukanirengangiza ibyo yagiye abushyiriraho byo kubufatira ibihano.

Tags: IbihanoNATOTrumpU Burusiya
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w'intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese...

Read moreDetails

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha Leta ya Israel yatangaje ko Qatar yahindutse indiri y'abaterabwoba, kandi ko ari na yo mpamvu yatumye igaba kiriya gitero ahari...

Read moreDetails

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y'i gitero yagabye i Doha Umuryango w'u bumwe bw'u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu...

Read moreDetails

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails
Next Post
Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Bikanganye perezida w'u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?