• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 15, 2025
in Religion
0
Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

You might also like

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Mu birori byabereye muri kiriziya iherereye i Rome mu Butaliyani, Gimbal Musk, umuvandimwe w’umuhewe Elon Musk, yabisusurukijemo cyane abantu bari babirimo, ni mu gihe yabikoreshejemo ibihangano byikoranabuhanga, aho yifashihaga utudege twa drone twagaragaraga mu bishushanyo binyuranye.

Ibi birori amakuru avuga ko byabaye ku wa gatandatu tariki ya 13/09/2025, aho byari bigamije kwibutsa abatuye isi ko ari abavandimwe, byanahuriranye n’umunsi wo guhimbaza isabukuru y’amavuko y’imyaka 70 y’umushumba wa kiriziya gatorika ku isi, Leon Xiv.

Ubundi kandi ibi birori byari bigamije guhamagarira abatuye isi kubungabunga ibidukikije, uyu muvandimwe wa Elon Musk yabigaragajemo ubuhanga anasusurutsa abari babyitabiriye.

Hagaragaye n’amashusho y’ikoranabuhanga ya Papa Francis uheruka kwitaba Imana mu kwezi kwa kane uyu mwaka, akaba yerekanywe mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Bivugwa ko ayo mashusho yarimo yerekanwa anyujijwe mu kigo cya Nova Sky Stories, aho cyabaraga inkuru binyuze mu ikorana buhanga.

Ayo mashusho kandi yafatwaga hifashishijwe utudege tutagira abapilote, harimo ay’Abatagatifu bari muri iyi shapele, ndetse aya mashusho akaba kandi yagendaga aherekejwe n’indirimbo zaririmbwe muri ibi birori.

Tags: GimbalIbiroriKatolikaRome
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

by Bahanda Bruce
September 16, 2025
0
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka Pasitori Joshua Mhlakela wo muri Afrika y'Epfo, nyuma y'aho yari agize igihe abwira abantu ko yabonye Yesu, yongeye kubatungura ababwira...

Read moreDetails

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Lazar Sebitereko yibukije ko "abarimo Umukozi w'Imana Ndaruhutse" bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe Imyaka 28 irashize abantu basaga 20 bahitanwe n'impanuka y'indege yabereye hafi n'i kibuga cy'indege...

Read moreDetails

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails
Next Post
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?