• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo amakuru avuga ku ruzinduko Thisekedi aheruka kugirira i Pretoria urwo yaganiriyemo n’uwo batavugarumwe

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Thisekedi, uheruka kugirira uruzinduko i Pretoria muri Africa y’Epfo, amakuru avuga ko yaruhuriyemo na Joseph Kabila yasimbuye ku buyobozi baraganira ku busabe bwa perezida wa Africa y’Epfo, Cyril Ramaphosa.

Nk’uko amakuru abivuga Tshisekedi yakiriwe na mugenzi we wa Afrika y’Epfo, Cyirl Ramaphosa anamusaba kwegeranya abo yita abanzi bakaganira mu rwego rwo gushakira amahoro n’umutekano Abanyekongo bamaze imyaka myinshi mu ntambara.

Iyi gahunda ni na yo ivugwa nk’impamvu nyamukuru yatumye urukiko rwa gisirikare i Kinshasa rusubika gusoma urubanza rwa Joseph Kabila mu mpera za kiriya cyumweru.

Urugendo rwa Thisekedi muri Africa y’Epfo rwateje impuhwa nyinshi, birenze ibisobanuro byatanzwe ku ruzinduko rwafatwaga nk’urusanzwe rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi. Umwe mu bo hafi ya perezida Felix Tshisekedi, ariko utarifuje ko amazina ye atangazwa, yavuze ko uyu mukuru w’igihugu cyabo yabonanye imbonankubone na Joseph Kabila wayoboye RDC.

Avuga ko umuhuro wabo wa Tshisekedi na Joseph Kabila wabaye mu ibanga rikomeye, kandi ahamya ko wateguwe na perezida wa Africa y’Epfo, Ramaphosa.

Asobanura ko uwahoze ari perezida wa Africa y’Epfo, Thabo Mbeki yegereye cyane Ramaphosa amusaba gutegura iki cyicaro, na we akabyemera ari na yo yabaye intandaro yaguhuza Tshisekedi na Kabila.

Iyi nkuru ivuga kandi ko ubu butumire na none atari impanuka nyuma y’uko Kinshasa yanze ubutumire bwa Mbeki mu nama y’amahoro iherutse kubera muri Afrika y’Epfo yari yanatumiwemo na Joseph Kabila ndetse na AFC/M23. Ibi birerekana kwegera abo bireba mu buryo butaziguye kandi butandukanye cyane na protocoles zisanzwe.

Ibi bihuzwa kandi n’isubikwa ritunguranye ry’urubanza rwa Joseph Kabila rwaciwe n’urukiko rukuru rw’igisirikare cya RDC. Ababikurikiranira hafi bavuga ko ari ibimenyetso gikomeye. Uku gusubukikwa kw’isomwa ry’urubanza gushobora kuba ari itegeko cyangwa byibura ikimenyetso cyo guhoshya, kugira ngo bizorohereze ibiganiro.

Mu gihe koko byaba ari ukuri Tshisekedi akaba yarahuye na Kabila, byaba ari impinduka zidasanzwe muri politiki ya Congo, ku buryo zishobora kuzana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: Africa y'EpfoJoseph KabilaTshisekedi
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Umusirikare wa Fardc yishwe arashwe mu misozi ya Fizi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?