• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 28, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi yasabye mugenzi we Trump akacyanga

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida wa leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yanze ubusabe bwa perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wa musabye guhura na we mu buryo bw’ibanga.

Ni umubonano Tshisekedi yasabye mugenzi we wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ubwo bari mu nama y’inteko rusange y’umuryango w’Abibumbye ya 80 yaberaga i New York ahari icyicaro gikuru cy’uyu muryango.

Nk’uko ayamakuru yashyinzwe hanze n’umuntu wo hafi na Tshisekedi ariko utarashatse ko amenyekana yagize ati: “Umukuru w’igihugu cya Amerika Donald Trump yanze guhura mu buryo bw’ibanga na Tshisekedi mu nama rusange y’umuryango w’Abibumbye.”

Yarakomeje ati: “Perezida Tshisekedi yanamusabye guhura na we nyuma y’iriya nama rusange y’umuryango w’Abibumbye ya 80 yateranye hagati muri iki cyumweru, na byo Trump arabyanga.”

Igihugu cya RDC Tshisekedi abereye umukuru w’igihugu kuva mu mwaka wa 2019, cyakomeje kurangwamo n’intambara z’urudaca, aho Ingabo ze zihanganye bikomeye n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho mu Burasizuba bw’icyo gihugu.

Uyu mutwe umaze no kwigarurira ibice byinshi birimo n’imijyi ikomeye yo muri ubwo Burasirazuba, nka Goma na Bukavu n’indi.

Kuva Trump yagera ku ngoma yakunze kugaragaza ubushake bwo kurangiza intambara ibera muri iki gihugu, ni mu gihe yagiye ahuza u Rwanda rusanzwe rushinja RDC gukorana n’umutwe wa bajenosideri wa FDLR n’iki gihugu perezida Felix Tshisekedi abereye umukuru w’igihugu.

Ntibizwi icyo Tshisekedi yashakaga ko baganira cyane na Trump, ariko biragagara ko atari kubura ku mubwira iby’iyi ntambara imaze imyaka myinshi ibera mu gihugu cye.

Tags: TrumpTshisekedi
Share39Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Isi yose ibireba amateka y’iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y’amagare yakurikiwe bidasanzwe

Isi yose ibireba amateka y'iyandikiye i Kigali; menya byinshi kuri shampiyona y'amagare yakurikiwe bidasanzwe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?