• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Religion
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

You might also like

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w’ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yatanze ubutumwa asaba Abanyamulenge guharanira amahoro n’ubumwe.

Ni ubutumwa umuyobozi Dr Sebitereko yatambukije akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, asaba benewabo Abanyamulenge “kwihatira gukora neza.”

Ubwo butumwa bwa Dr Lazare bugira buti: “Twihatire gukora neza, kuvuga neza no gushaka ubumwe bwacu mu miryango, mu makanisa ndetse no muri politiki.”

Yakomeje ati: “Twese dufite umugabane umwe nk’ubwoko: Umunyamulenge na Minembwe.”

Muri ubu butumwa yanagaragaje ko ari ubwari bwaratanzwe n’umuhisi Reverend Bacoba Biguge, wahoze mu bayobozi bakuru b’ itorero rya 8ème CEPAC, kuko ari we warukuriye ishami rya evangelisation muri iyi kominote ku rwego rw’igihugu.
Ni ubutumwa kandi bwaje buherekeje videwo yashyizeho ya Bacoba.

Mbere y’uko atambutsa ubu butumwa hari ubundi yari yatambukije bugira buti: “Ubutayu bw’imyaka 45, amakanisa ya CEPAC na CADEC yongeye guhura no gusabana imbabazi mu Minembwe! Turashima Imana n’abantu bose bakoze ngo uyu munsi wandikwe mu mateka 06/10/2025. Isezerano ryotinda ariko ntirihera.”

Umwaka ushize uyu Dr Lazare Leta y’i Kinshasa yaramufunze, imushinja kuba inyuma y’umutwe wa Twirwaneho no gushyigikira M23. Gusa, yaje kongera kumurekura.

Nubwo uyu mugabo Leta y’i Kinshasa yamfunwe igihe kingana n’umwaka, ariko Abanye-Congo baturiye Kivu y’Amajyepfo bamuziho ibikorwa byiza, kuko yagiye abazanira imishinga ibafasha cyane cyane muri Fizi, Mwenga na Uvira.

Kugeza ubu iyo mishinga irahari, kabone n’ubwo intambara igikomeje, ndetse ikaba hari n’uduce tumwe yagiye ituma itahakomeza kubera ibitero by’ihuriro by’ingabo za RDC. Ahenshi aho iyo mishinga yahagaze ni ahagiye hasenyuka, nka Mibunda, i Cyohagati na Rurambo.

Uretse kuba Dr Lazare azwiho kuzana imishinga itandukanye i Mulenge, irimo amashuri n’indi ifasha abaturage kwiteza imbere, ni n’Umuvugabutumwa, abwiriza ijambo ry’Imana.

Tags: AbanyamulengeDr LazareMinembweUbumwe
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
October 6, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

CEPAC na CADEC nyuma y'igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye Itorero rya 8ème CEPAC n'irya 37ème CADEC, amakanisa akorera mu misozi miremire y'i Mulenge ataracanaga uwaka...

Read moreDetails

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

by Bahanda Bruce
October 5, 2025
0
Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y’Imana

Rv. Misigaro yabwirije hejuru yo gutunganya inzu y'Imana Umushumba w'itorero rya All National Assemblies of God, rifite icyicaro gikuru i Nakivale mu majy'Epfo y'igihugu cya Uganda, Reverend Misigaro...

Read moreDetails

Intumwa Gitwaza yizihije imyaka amaze mu murimo w’ivugabutumwa, agira n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 2, 2025
0
Intumwa Gitwaza yizihije imyaka amaze mu murimo w’ivugabutumwa, agira n’icyo abivugaho

Intumwa Gitwaza yizihije imyaka amaze mu murimo w'ivugabutumwa, agira n'icyo abivugaho Intumwa y'Imana Paul Gitwaza, akaba n'umuyobozi mukuru w'itorero rya Zion Temple ku isi, yizihije imyaka 30 amaze...

Read moreDetails
Next Post
Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze

Imfungwa zifungiye aho Bunyoni ari zatanze ubutumwa buteye ubwoba bw'uko amerewe

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?