• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 15, 2025
in Regional Politics
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by’i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’igihugu.

Intumwa za RDC n’iz’u mutwe wa M23 aha’rejo ku wa kabiri tariki ya 14/10/2025, ni bwo zemeranyije gushyiraho urwego rwo kugenzura ihagarikwa ry’imirwano ihanganishije impande zombi muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Bemeranyije ko urwo rwego ruzaba rugizwe n’umubare ungana w’abahagarariye Leta y’i Kinshasa n’uy’u mutwe wa M23 ndetse kandi n’indorerezi zo mu muryango wa Afrika yunze ubumwe, Leta ya Qatar, Amerika n’umuryango wa karere k’ibiyaga bigari.

Byari byarasabwe ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bwa mahoro muri RDC ari zo zizagenzura iyubahirizwa ry’agahenge, ariko M23 yarabyanze, igaragaza ko zibogamye kuko zigeze kuyirwanya zifatanyije n’iza RDC hamwe n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo ndetse na FDLR.

M23 na RDC byemeranyije ko bizajya biha inzira abagize uru rwego kugira ngo basuzume cyangwa bakore iperereza ku birego byo kurenga ku gahenge, kandi ko buri cyumweru ruzajya rukora raporo ku ntambwe iri guterwa cyangwa se imbogamizi zizagaragara.

Rero inama ya mbere y’uru rwego ikazaba bitarenze iminsi irindwi uherereye ku munsi ruzashyirwaho, izaba igamije gutegura ibizakurikizwaho.

Kubera iyo ntambwe yatewe, byatumye umujyanama wa perezida wa Amerika Donald Trump kuri Afrika, Massad Boulos, ashima ibyagezweho, avuga ko ari intambwe nziza kandi ikomeye igana ku masezerano y’amahoro no guhyira mu bikorwa ayasinyiwe i Washington DC hagati y’u Rwanda na RDC mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Yavuze kandi ko ruriya rwego ruzagenzura iyubahirizwa ry’ibyo impande zombi zemeranyije binyuze mu iperereza no kugenzura ibirego by’ihohoterwa iryo ari ryo ryose, bityo bikazongera icyizere hagati y’impande zombi, ndetse rugabanye umwuka mubi uri mu bice bikomeje kugira umutekano muke.

Yanashimiye Leta ya Qatar ku bw’umusanzu ikomeje gutanga mu biganiro bya RDC na M23, anashimangira ko igihugu cye cyiteguye ishyirwa mu bikorwa ryabyo ryuzuye kugira ngo amahoro arambye aboneke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: AmerikaM23Rdc
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare babaga ku Kavumu mu Bibogobogo bahakuwe

Umutwe ufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP, wahinduye intwaro ucakirana na yo karahava

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?