• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 17, 2025
in Conflict & Security
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

You might also like

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho ibyo biganiro biri kubera i Doha muri Qatar.

RDC na M23 biri kuganira ku ngingo yo guhererekanya imfungwa, nyuma y’ukwezi kumwe impande zombi zemeranyije gushyiraho urwego rushinzwe gukurikirana iyo gahunda.

Iyi gahunda ikaba iri mu ngingo zigoye cyane zigomba kuganirwaho muri biriya biganiro, kuko n’ubwo RDC imaze amezi menshi yemeye ko igomba kurekura abantu bo ku ruhande rwa M23 ifite, ariko kugeza ubu ntacyo irabikoraho.

Bikaba bizwi ko Croix-Rouge ari yo yahawe ikiraka cyo kuba umuhuza udafite uruhande abogamiyeho mu kumenya kugenzura no kurekura mu mutekano imfungwa zifitwe na buri ruhande, yanatangaje ko igitegereje ko Leta na M23 bagera kubwumvikane, ubundi ikinjira mu gikorwa nyirizana.

Ibi biganiro bikurikiranirwa hafi na Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Qatar ndetse n’umuryango wa Afrika yunze ubumwe bifuza ko Kinshasa na M23 byashyira umukono ku masezerano y’amahoro, nyuma yaho iki gihugu cya RDC gisinyanye n’u Rwanda amasezerano y’amahoro ayo byasinyanye mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Uyu mutwe wa M23 uvuga ko imfungwa zayo RDC ifunze zibarirwa muri 700 , ariko izo Leta yo isaba uyu mutwe wa M23 ntuzwi kugeza magingo aya.

Tags: Guhana imfungwaibiganiroM23Rdc
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Abasirikare bafunzwe nyuma y'igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaye mu mujyi wa Kinshasa bambika ubusa umugore witwa Honorine Porche...

Read moreDetails

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili Imitwe itutu yitwaje intwaro ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n'ihuriro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Epfo Igisirikare cy'u Burundi kiravugwaho kongera abasirikare bacyo mu bice bitandukanye muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails
Next Post
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?