• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 19, 2025
in World News
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba kandi n’umuhungu wa perezida w’iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha ku buzima bwa se, bakavuga ko arembye.

Ni byo Muhoozi yatambukije akoresheje urubuga rwa x, kuri iki cyumweru tariki ya 19/10/2025.

Yagize ati: “Kuvuga ko Museveni arembye ni icyaha kandi ni ubushotoranyi. Ni bikomeza tuzabyita igikorwa cy’ubushoranyi.”

Yakomeje mu butumwa bwe, avuga ko muri Uganda bitemewe kuvuga cyangwa gukwiza ibihuha ku buzima bw’umukuru w’igihugu.

Ubu butumwa Gen.Muhoozi yabutambukije mu gihe kuva ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu tariki ya 18/10/2025, ibinyamakuru byinshi byo muri Kenya, byatangaje ko Perezida Museveni arembye.

Ni amakuru bagiye batanga bakoresheje imbuga nkoranyambaga zitandukanye zo muri icyo gihugu.

Mu gihe i Kampala muri Uganda ho, byavugwaga ko uyu mukuru w’iki gihugu ari muzima, kandi ko “ubuzima bwe buhagaze neza.”

Ndetse kandi i Kampala banavuga ko agikomeje gahunda ze zo kwiyamamaza, nk’uko byari biteganyijwe.

Amatora y’umukuru w’igihugu cya Uganda, ateganyijwe kuba hagati mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2026.

Nyuma y’aho Gen Muhoozi aburiye abakwiza ibihuha ku buzima bwa se; inzego z’umutekano zahise zitangira gukurikirana abakwiza izo mpuha.

Tags: MuhooziMuseveniUgandaYaburiye
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails
Next Post
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?