Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi Wa RDC, Patrick Muyaya, Yirengagije Ibyo Kongera Manda Ingabo Za EAC Muburasirazuba Bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ntica iryera imyanzuro yafatiwe i Bujumbura.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Kumunsi W’ejo hashize Abakuru b’ibihugu n’ababahagarariye bahuriye i Bujumbura munama igira iya 21 yumuryango wa EAC. muriyo nama hafashwe imyanzuro ko bakwiye kongerera ingabo z’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EACRF), indi Manda yogukomeza kuba muburasirazuba bwa RDC, murwego rwogushakira ako karere amahoro .

Bakaba barongerewe igihe kingana namezi atandatu (6).

Hashingiwe kuri uyu mwanzuro wafashwe tariki 31.05.2023, izi ngabo za EAC ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bwa Congo Kinshasa kuva mu mpera z’umwaka ushize zizagumeyo kugeza tariki ya 8.09.2023.

Bivuze ko babaze guhera mukwezi kwa 03.2023. Iyi nama yitabiriwe na President wa Kenya William Samue Ruto, na mugenzi we w’u Burundi usanzwe ari n’Umuyobozi Mukuru wa EAC, Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Minisitiri wa RDC ushinzwe umubano mu karere, Visi President wa Tanzania, Visi Minisitiri w’Intebe wa Uganda na Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya President muri Sudani y’Epfo.

Muriyo nama hizwe ibijanye numutekano muke uri Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bakaba barananzuye ko ingabo z’ibihugu by’uyu muryango ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa, zongererwa manda, ariko kandi ubutegetsi bwa RDC bukaba bwari buheruka kugaragaza ko iki gihugu cyamaze kwemeza bidasubirwaho ko ingabo za EAC zigomba kukivamo muri uku kwezi kwa Gatandatu(6).

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24, amubaza ku mikorere y’ingabo za EAC.

Minisitiri Muyaya yasubije ko ingabo za EAC zikomeje gukorana n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23, kandi ko zibarebera ngo mu gihe bari kwitegura kugaba ibitero mu mujyi wa Goma arinawo murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uyu muvugizi wa leta ya RDC, yabwiye Marc mu buryo bweruye ko hamaze gufatwa icyemezo cy’uko ingabo za EAC zizava mu gihugu cyabo mu byumweru biri imbere gusa yirinda guhita avuga igihe ntarengwa.

Ibyo Muyaya yavuze bishimangira ibyo Tshisekedi yavugiye mu nama y’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC), i Lilongwe muri Malawi n’i Beijing mu Bushinwa tariki ya 25.05. 2023.

Tshisekedi ashimira gusa ingabo z’u Burundi kuko ngo ni zo zonyine zakumiriye abarwanyi ba M23 ubwo bageragezaga kwishuza imisoro mu baturage .

Tags: Manda ingabo za EAcPatrick MuyayaYirengagije
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

RWANDA: Introduction To INNODIP By Kigali Government To Combat Unemployment .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?