• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, July 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi Wa RDC, Patrick Muyaya, Yirengagije Ibyo Kongera Manda Ingabo Za EAC Muburasirazuba Bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, ntica iryera imyanzuro yafatiwe i Bujumbura.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Kumunsi W’ejo hashize Abakuru b’ibihugu n’ababahagarariye bahuriye i Bujumbura munama igira iya 21 yumuryango wa EAC. muriyo nama hafashwe imyanzuro ko bakwiye kongerera ingabo z’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EACRF), indi Manda yogukomeza kuba muburasirazuba bwa RDC, murwego rwogushakira ako karere amahoro .

Bakaba barongerewe igihe kingana namezi atandatu (6).

Hashingiwe kuri uyu mwanzuro wafashwe tariki 31.05.2023, izi ngabo za EAC ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bwa Congo Kinshasa kuva mu mpera z’umwaka ushize zizagumeyo kugeza tariki ya 8.09.2023.

Bivuze ko babaze guhera mukwezi kwa 03.2023. Iyi nama yitabiriwe na President wa Kenya William Samue Ruto, na mugenzi we w’u Burundi usanzwe ari n’Umuyobozi Mukuru wa EAC, Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Minisitiri wa RDC ushinzwe umubano mu karere, Visi President wa Tanzania, Visi Minisitiri w’Intebe wa Uganda na Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya President muri Sudani y’Epfo.

Muriyo nama hizwe ibijanye numutekano muke uri Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bakaba barananzuye ko ingabo z’ibihugu by’uyu muryango ziri mubutumwa bwa mahoro muburasirazuba bw’ikigihugu ca Congo Kinshasa, zongererwa manda, ariko kandi ubutegetsi bwa RDC bukaba bwari buheruka kugaragaza ko iki gihugu cyamaze kwemeza bidasubirwaho ko ingabo za EAC zigomba kukivamo muri uku kwezi kwa Gatandatu(6).

Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru akaba n’Umuvugizi wa leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24, amubaza ku mikorere y’ingabo za EAC.

Minisitiri Muyaya yasubije ko ingabo za EAC zikomeje gukorana n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23, kandi ko zibarebera ngo mu gihe bari kwitegura kugaba ibitero mu mujyi wa Goma arinawo murwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Uyu muvugizi wa leta ya RDC, yabwiye Marc mu buryo bweruye ko hamaze gufatwa icyemezo cy’uko ingabo za EAC zizava mu gihugu cyabo mu byumweru biri imbere gusa yirinda guhita avuga igihe ntarengwa.

Ibyo Muyaya yavuze bishimangira ibyo Tshisekedi yavugiye mu nama y’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC), i Lilongwe muri Malawi n’i Beijing mu Bushinwa tariki ya 25.05. 2023.

Tshisekedi ashimira gusa ingabo z’u Burundi kuko ngo ni zo zonyine zakumiriye abarwanyi ba M23 ubwo bageragezaga kwishuza imisoro mu baturage .

Tags: Manda ingabo za EAcPatrick MuyayaYirengagije
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

RWANDA: Introduction To INNODIP By Kigali Government To Combat Unemployment .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?