• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

minebwenews by minebwenews
July 9, 2025
in Regional Politics
0
103
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abagiye guhabwa ubwenegihugu muri Uganda bahawe umurongo wabyo.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Inzego z’ibanze n’abantu bakuze nibo bahawe uwo mushinga wo kugena abazahabwa ubwenegihugu bwa Uganda, ariko bakazabutanga ku bantu bafite inkomoko mu Rwanda n’avuye ahandi.

Bikubiye mu nyandiko zashyizwe hanze n’ibiro by’umukuru w’iki gihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni.

Izi nyandiko zigaragaza uko gutanga ubwenegihugu bidakwiye guharirwa abantu bo mu biro ko ahubwo byakorwa n’inararibonye zituye mu gace runaka zizi abakwiye guhabwa ubwo bwenegihugu.

Izo nyandiko kandi zikavuga ko ibyo kwiyandikisha ku baturage bashaka ubwo bwenegihugu bikorwa gukorwa n’inzego z’ibanze.

Ibi byakozwe kubera ko perezida Museveni ashaka gukemura ibibazo bimaze igihe cy’abaturage badafite ubwenegihugu by’umwihariko abitwa Banyarwanda, baba muri Uganda.

Ubushize perezida Museveni yagiranye ikiganiro n’aba bitwa Banyarwanda, abagaragariza ko yababajwe no kuba hari ababafata nabi ndetse avuga ko gahunda yo gutanga ubwenegihugu yagiye ikorwa nabi n’abanyabiro akenshi batamenya uko abantu bageze muri Uganda.

Museveni kandi ababwira ko inzego z’ibanze n’abantu bakuze ari bo bakwiye kujya bemeza uhabwa ibyangombwa.

Yavuze ko igikorwa cyose cyo kwandika abahabwa ubwenegihugu gikwiye gukorwa na komite y’umutekano n’abantu bakuru bo muri ako gace abo bantu baba baherereyemo.

Agasaba ko urwego rw’abinjira n’abasohoka rwakurikirana izo dosiye kandi rugatanga ibyangombwa rugendeye ku byemejwe n’abo mu rwego rw’ibanze.

Perezida Museveni avuga ko imiryango yageze muri Uganda mbere y’ubwigenge (1962), yo ntigomba gusabwa kwishyura amafaranga ayo ari yo yose ajyanye n’icyo gikorwa. Abageze muri Uganda nyuma ya 1962 ni bo bonyine bazasabwa kwishyura amafaranga asabwa n’urwego rw’abinjira n’abasohoka.

Yashimangiye ibi avuga ko Uganda izashyira mu bikorwa gahunda yo kugira ubwenegihugu bumwe muri Afrika y’iburasirazuba (East African Federation citizenship system), ariko ko kuri iyi nshuro nta muturage wa Uganda wo muri ako karere wemerewe kugira ubwenegihugu bubiri, keretse gusa ngo abanya-uganda bahungiye i Burayi, muri aziya cyangwa mu bihugu by’Abarabu kubera ibibazo bya politiki byigeze kubaho muri Uganda.

Nyuma uyu mukuru w’igihugu cya Uganda, yaburiye abantu bazatanga amakuru atari yo muri iyi nzira yo gushaka ubwenegihugu, avuga ko ari icyaha gihanwa n’amategeko.

Tags: BanyarwandaMuseveniUbwenegihuguUganda
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

U Rwanda rwanenze bikomeye igitangazamakuru cya BBC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?