Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 20, 2025
in Conflict & Security
0
Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Abantu babiri nibo bishwe barashwe mu mujyi wa Uvira undi umwe arakomeretswa bikabije, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 20/05/2025, ni bwo abasivili babiri barashwe n’abantu bitwaje intwaro undi umwe baramukomeretsa cyane.

Bivugwa ko barasiwe mu gace kitwa Karmeli/Talatala ko muri Uvira.

Umutangabuhamya yagize ati: “Abantu bitwaje intwaro bishe barashe abasivili babiri undi umwe baramukomeretsa bikabije. Ni igikorwa cyabereye i Karmeli. Abashinjwa aya mabi ni Wazalendo na FARDC.”

Yanavuze ko abishwe ko ari abaturage bo mu bwoko bw’Abavila. Ku ruhande rw’uyu mutanga buhamya uherereye mu mujyi wa Uvira, ariko udashaka ko amazina ye amenyekana ku mpamvu z’umutekano we, avuga ko abakoze icyo gikorwa ko ari Wazalendo kandi ko bagikoze bafatanyije n’ingabo za Leta, ni mu gihe ari bo bagenzura iki igice cyose cy’umujyi wa Uvira.

Mu mpera zakiriya cyumweru gishize nabwo, Wazalendo bishe barashe umugabo wo mu bwoko bw’Abafulero, witwa Kinyungu Sangephar, we yarasiwe muri Quartier ya Mulongwe.

Hagataho, ibice byose bigenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo na Wazalendo hamwe n’ingabo z’u Burundi, bikunze kuberamo imfu z’impanuka nk’izi. Akarusho muri uyu mujyi wa Uvira ho bicwa umunsi ku wundi. Ibi bikaba byararushijeho kuba bibi kuva ubwo uhungiyemo abasirikare ba FARDC, b’u Burundi, FDLR na Wazalendo, hari nyuma y’aho M23 ibohoje umujyi wa Bukavu n’uwa Kamanyola muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: babiriBishwe barashweUvira
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Iby’akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Iby'akaga kashyikiye abateye Abanyamulenge mu Mikenke, komanda wabo yahasize ubuzima abandi benshi barakomereka. Igitero ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu Mikenke cyaguyemo umusirikare mukuru...

Read moreDetails

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza.

FARDC yariyateye mu Mikenke yakubiswe ahababaza. Ibitero ihuriro ry'Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo zagabye mu duce dutuwe n'Abanyamulenge two mu Mikenke ho muri secteur...

Read moreDetails

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace. Nyuma y'aho FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y'Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23...

Read moreDetails

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye. Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari...

Read moreDetails

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

by Bruce Bahanda
May 23, 2025
1
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila. Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu mwaka wa 2001 kugeza mu 2018, Sena...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo ihuriro ry’ingabo za Congo ziboneye i Rutshuru ni akaga gakaze.

Byinshi wa menya ku mirwano yongeye kuremera mu Rugezi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?