• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
May 20, 2025
in Conflict & Security
0
Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Abantu babiri nibo bishwe barashwe mu mujyi wa Uvira undi umwe arakomeretswa bikabije, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 20/05/2025, ni bwo abasivili babiri barashwe n’abantu bitwaje intwaro undi umwe baramukomeretsa cyane.

Bivugwa ko barasiwe mu gace kitwa Karmeli/Talatala ko muri Uvira.

Umutangabuhamya yagize ati: “Abantu bitwaje intwaro bishe barashe abasivili babiri undi umwe baramukomeretsa bikabije. Ni igikorwa cyabereye i Karmeli. Abashinjwa aya mabi ni Wazalendo na FARDC.”

Yanavuze ko abishwe ko ari abaturage bo mu bwoko bw’Abavila. Ku ruhande rw’uyu mutanga buhamya uherereye mu mujyi wa Uvira, ariko udashaka ko amazina ye amenyekana ku mpamvu z’umutekano we, avuga ko abakoze icyo gikorwa ko ari Wazalendo kandi ko bagikoze bafatanyije n’ingabo za Leta, ni mu gihe ari bo bagenzura iki igice cyose cy’umujyi wa Uvira.

Mu mpera zakiriya cyumweru gishize nabwo, Wazalendo bishe barashe umugabo wo mu bwoko bw’Abafulero, witwa Kinyungu Sangephar, we yarasiwe muri Quartier ya Mulongwe.

Hagataho, ibice byose bigenzurwa n’ingabo za Leta ya Congo na Wazalendo hamwe n’ingabo z’u Burundi, bikunze kuberamo imfu z’impanuka nk’izi. Akarusho muri uyu mujyi wa Uvira ho bicwa umunsi ku wundi. Ibi bikaba byararushijeho kuba bibi kuva ubwo uhungiyemo abasirikare ba FARDC, b’u Burundi, FDLR na Wazalendo, hari nyuma y’aho M23 ibohoje umujyi wa Bukavu n’uwa Kamanyola muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: babiriBishwe barashweUvira
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo ihuriro ry’ingabo za Congo ziboneye i Rutshuru ni akaga gakaze.

Byinshi wa menya ku mirwano yongeye kuremera mu Rugezi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?