• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 8, 2025
in Conflict & Security
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n’impamvu bagakorerwa

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo babwiye Meya w’uyu mujyi akababaro kabo n’ubugome bakomeje gukorerwa na Wazalendo, na we abizeza amahoro n’umutekano.

Hari mu kiganiro cyahuje Meya n’aba Banyamulenge, kikaba cyarabaye aha’rejo ku cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Minembwe Capital News yamenye ko iki kiganiro cyari cyahamagajwe na Meya, Abanyamulenge n’abo mu kumwitaba bagenda ari batandatu.

Bageze iwe ababwira icyo yabahamagariye ko ari mu rwego rwo kugira ngo bigane hamwe kubiri kubabaho, ariko bitagera ku bundi bwoko, kandi bose ari Abanye-kongo.

Amaze kubaha ijambo, na bo bamwereka ivangura rishyingiye ku bwoko bari gukorerwa, aho banahereye ku byabaye tariki ya 25/08/2025, ubwo bari bagiye gushyingura umurambo wa Colonel Gisore Patrick. Ariko bakangirwa ku mushyingura kubera ari Umunyamulenge, ndetse kandi ngo bakorerwa n’ihohoterwa riteye ubwoba.

Bamusobanurira ko ibi bitari kuba intandaro y’umutekano muke kuri bo, ngo kuko uyu yari umusirikare wa Leta.

Ikindi bavuze ko kuza kwa General Olivier Gasita bitari bikwiye kubagiraho ingaruka, ngo kuko byavuye ku cyemezo cyafashwe na perezida Felix Tshisekedi, kandi mu kugifata ntibabigendanyemo inama.

Bavuga kandi ko Tshisekedi yahamutumye nk’umusirikare w’Umunyekongo apana nk’umunyamulenge.

Banamweretse ibyo bakomeje guhura nabyo birimo kunyagwa, gushimutwa, gukubitwa, gusenyerwa amatorero n’ibindi.

Baboneraho no kumubwira ko ubu bigeze naho bangirwa kujya bavoma amazi, kandi ko ibyo bidafitanye isano no kuza kwa General Olivier Gasita ahubwo ko ari wa mugambi w’ubwicanyi wo kumaraho ubwoko bw’Abanyamulenge barimo gukora.

Ibyanyazwe bamubwiye ko byajanwe n’abantu bazwi, kandi ko naho byajanwe hazwi, bityo bavuga ko bakeneye kurenganurwa.

Bavuga kandi ko ibyo babikorerwa mu maso ya Leta, ariko ntibarebe ngo ibasure cyangwa ngwigire icyo ibihinduraho.

Meya mu kubasubiza yababwiye ko muri we hatavamo isoko yo kubagirira nabi. Abasobanurira ko haba Wazalendo babi n’abeza, ati rero abo babi nibo babujije abaturage amahoro.

Maze abasezeranya ko agiye guhaguruka ku kibazo cy’umutekano, kandi ko agihagurukanamo imbaraga zose zishoboka.

Avuga ko agiye gushyiraho na komisiyo izabikurikirana.

Sibyo gusa kuko kandi yabijeje y’uko abanyazwe ibintu, bazabisubizwa harimo n’ibikoresho by’urusengero rwa CADEC aho amahano menshi yakorewe na Wazalendo.

Yasoje ababwira ko ari butangire no gukora ibiganiro ku maradio yaha i Uvira kugira ngo arusheho guhagurukira ikibazo cy’umutekano muke ahanini uri kuba ku Banyamulenge gusa.

Tags: AbanyamulengeMeyaUvira
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Abyukiye i Uvira ahanini ku myigaragambyo simusiga yazindukiye i Kavimvira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?