• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2024
in Regional Politics
1
Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bari gukorerwa serivisi mbi kuri ambasade ya Congo, iri mu gihugu cya Uganda, bazira ubwoko bwabo.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ni ubutumwa bwahawe ubwanditsi bwa MCN, butanzwe n’umwe mu bakorewe aka karengane buvuga ko abo mu bwoko bw’Abanyamulenge batari guhabwa ibyangombwa kuri ambasade ya Congo, iherereye i Kampala, bazira ko ari Abatutsi.

Uyu Munyamulenge wimwe ibyangombwa kuri ambasade ya Congo i Kampala, azira ubwoko bwe, yavuze ko ku wa Kabiri w’iki Cyumweru, ya depoje hamwe n’abandi Banyekongo bavuga ururimi rw’igiswahili, kugira ngo bahabwe ibyangombwa bibahangura gukora ingendo, ariko ibye birabura bagenzi be bose barabibona.

Avuga ko badepoje ari abantu barenga icumi, kandi ko bose bari bashaka icyangombwa cya Tenant lieu de passeport, ariko ariwe Munyamulenge wenyine, ibyabandi bose byo biza kuboneka ibye birabura.

Uwatanze ubu butumwa yakomeje avuga ko ubwo ibyangombwa byabandi byari bimaze kuboneka, yahise yegera umwe mu bakozi bakora kuri iyo ambasade, amubaza impamvu we atemerewe guhabwa Tenant lieu de passeport, undi nawe amusubiza avuga ko Abanyamulenge batemerewe ku bihabwa ngo kuko iyo bamaze kubihabwa baja kwica abantu mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Nki mara kubona abandi bose ko bahawe ibyangombwa, kandi mbona ari njye njyenyine w’u Munyamulenge usigaye, nahise njya ku baza impamvu njye ntahawe ibyangombwa kimwe n’abandi twa depoje hamwe, abandi nabo bansubiza ko Abanyamulenge batazajya bahabwa ibyangombwa ngo kuko barangiza ku bihabwa bakaja kwica abantu muri RDC.”

Yanasobanuye kandi ko mubakozi bakora ubusobanuzi(interpretation) kuri iyi ambasade ya Congo iri muri Uganda uzwi kw’izina rya Jean Marie Mutobola, ari mu gusobanurira Abakinwa(kinwa ) bakorera aha, ko Abanyamulenge n’abandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda ko bo bakoresha ibyangombwa bya CEPGL kandi ko bo babikoresha mu bihugu byose bagezemo, ndetse kandi yongeraho ko babikoresha mu ntambara, ngwigihe bashaka guhunga bikabafasha kwambuka imipaka.

Uyu Munyamulenge akaba yasabye ko abakozi ba ambasade ya Congo mu gihugu cya Uganda, bakora ibishoboka byose bagakora akazi kanoze, kandi ibyo kurenganya Abanyamulenge bakabireka.

            MCN.
Tags: AbanyamulengeAmbasade ya CongoSerivisi mbiUganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Comments 1

  1. MATHIEU says:
    2 years ago

    Ntabwo bakorerwa service ahubwo bahabwa service mbi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?