• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane kubagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ni mu kiganiro Olive Lembe yagiranye n’abaturage bo mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru baheruka kuvanwa mu byabo kubera intarambara ihanganishije M23 n’igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi.

Iki kiganiro Olive Lembe yagikoze ahar’ejo, tariki ya 02/04/2024 i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Mu sabwe gusenga cyane kugira ngo Imana ibagarurire Joseph Kabila Kabange, ku butegetsi bw’i Kinshasa. Joseph Kabila Kabange niwe wenyine wabashe kugarura amahoro akoresheje ikaramu, mu gihe cy’u buyobozi bwe.”

Ibi kandi byagarutsweho n’umujyanama wa Joseph Kabila mu byapolitike, bwana Barbara Nzambi, aho yavuze ko Kabila Kabange ari ngombwa kugaruka ku butegetsi.

Ati: “Ni ngombwa rwose ko Joseph Kabila Kabange agaruka ku butegetsi. Ubutegetsi bwa Tshisekedi ni ubutegetsi bw’i gitugu kandi butandukanye n’ubwa Joseph Kabila. Erega Joseph Kabila ni umudemokarate.”

Yongeye ho kandi ati: “Kuri ubu butegetsi bwa Tshisekedi nta cyiza tubwitezemo muri iki gihugu cyacu cyiza. Nta kabuza Joseph Kabila agomba kugaruka.”

Kuva Félix Tshisekedi ageze ku butegetsi intambara zahise zinjira maze gusubiranamo kwa moko bihabwa intebe ahanini mu Burasirazuba bwa RDC.

Urwango rushingiye ku moko byahawe umwanya kandi bishigikirwa n’abanyapolitike bari hafi ya Tshitambwe, abarimo ba Bitakwira Justin n’abandi aho bakangurira amoko y’Ababembe, Abapfulero n’abandi kwica no kugirira nabi Abatutsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

         MCN.
Tags: GomaGusanga cyaneJoseph Kabila Kabange agaruke ku butegetsiOlive Lembe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w’intebe muri leta ya perezida mushya.

Ousmane Sonko umaze iminsi mike avuye muri gereza, niwe wagenwe kuba minisitiri w'intebe muri leta ya perezida mushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?