• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 14, 2025
in Conflict & Security
0
Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

You might also like

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n’ibyo baterwa n’Ingabo z’u Burundi

AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari mu duce igenzura

AFC/M23 yaburiye FARDC ikomeje kugaba ibitero by’indege mu duce igenzura dutuwe n’abaturage

Abantu barenga 200 bapfuye naho abandi babarirwa muri za mirongo baracyaburiwe irengero nyuma y’impanuka z’ubwato bubiri zabereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuryango utegamiye kuri Leta, sosiyete sivili, aho washinje Leta kuba nyiribayazana wa ziriya mpanuka z’u bwato zabaye ku wa kane.

Iyi sosiyete sivili yanavuze ko umubare w’abapfuye ari munini cyane, ngo kuko urenga abantu 200.

Ubundi kandi ivuga ko abandi 150 baracyaburiwe irengero.
Iyi sosiyete sivili yasobanuye ko inkongi y’umuriro yadutse mu bwato mu ijoro ryo ku wa kane w’iki cyumweru turimo dusoza. Ubwato ngo buhita bubirindukira mu ruzi rwa Congo.

Sosiyete sivili yanavuze kandi ko amatsinda y’abakora ubutabazi aracyarimo gushakisha ababuriwe irengero y’izo mpanuka zapfiriyemo abantu mu ntara ya Equateur.

Ariko kugeza ubu ntacyo Leta iratangaza kuby’izimpanuka, ndetse kandi ntiriregura kubyo ishinjwa na sosiyete sivili.

Tags: EquateurImpanukaRdcUbwato
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n’ibyo baterwa n’Ingabo z’u Burundi

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Chef-Ndahinda yavuze ku bibazo Abanyamulenge bakomeje guhura nabyo i Mulenge harimo n'ibyo baterwa n'Ingabo z'u Burundi Ndahinda Karojo, umwe mu ba-Chefs bagize akarere ka Minembwe, yagaragaje ibibazo Abanye-kongo...

Read moreDetails

AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari mu duce igenzura

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari mu duce igenzura

AFC/M23 yashyizeho amabwiriza mashya agenga utubari Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashyizeho amasaha ntarengwa yo gufunga utubari, rivuga ko ibi bigamije gufasha abaturage kunywa inzoga nke zitabangamira...

Read moreDetails

AFC/M23 yaburiye FARDC ikomeje kugaba ibitero by’indege mu duce igenzura dutuwe n’abaturage

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yaburiye FARDC ikomeje kugaba ibitero by'indege mu duce igenzura dutuwe n'abaturage Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rigamije ugushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Umusirikare wa FARDC wasohoye “save the date” yambaye umwamboro wakazi yahanishijwe igihano gikaze

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Umusirikare wa FARDC wasohoye “save the date” yambaye umwamboro wakazi yahanishijwe igihano gikaze

Umusirikare wa FARDC wasohoye "save the date" yambaye umwamboro wakazi yahanishijwe igihano gikaze Umusirikarekazi wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, wasoye "save the date"...

Read moreDetails

Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru

by Bahanda Bruce
October 29, 2025
0
Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru

Abantu 9 biciwe mu gace kamwe ko muri Rutshuru Abantu icyenda barimo n'umwana w'umukobwa biciwe mu gace ka Bishusha gaherereye muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?