• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 14, 2025
in Conflict & Security
0
Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

You might also like

Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23

Drone Yagabye Igitero Kidasanzwe i Mwenga: Abasirikare Benshi Barimo Ab’u Burundi Bavugwa Mu Bahitanywe na Yo

Politiki Ya Congo Igeze Ahakomeye: Kiliziya Gatolika Yahaye Perezida Tshisekedi Ultimatum, Hatanzwe N’Umuburo Ukomeye

Abantu barenga 200 bapfuye naho abandi babarirwa muri za mirongo baracyaburiwe irengero nyuma y’impanuka z’ubwato bubiri zabereye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuryango utegamiye kuri Leta, sosiyete sivili, aho washinje Leta kuba nyiribayazana wa ziriya mpanuka z’u bwato zabaye ku wa kane.

Iyi sosiyete sivili yanavuze ko umubare w’abapfuye ari munini cyane, ngo kuko urenga abantu 200.

Ubundi kandi ivuga ko abandi 150 baracyaburiwe irengero.
Iyi sosiyete sivili yasobanuye ko inkongi y’umuriro yadutse mu bwato mu ijoro ryo ku wa kane w’iki cyumweru turimo dusoza. Ubwato ngo buhita bubirindukira mu ruzi rwa Congo.

Sosiyete sivili yanavuze kandi ko amatsinda y’abakora ubutabazi aracyarimo gushakisha ababuriwe irengero y’izo mpanuka zapfiriyemo abantu mu ntara ya Equateur.

Ariko kugeza ubu ntacyo Leta iratangaza kuby’izimpanuka, ndetse kandi ntiriregura kubyo ishinjwa na sosiyete sivili.

Tags: EquateurImpanukaRdcUbwato
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23

Congo mu Kibazo Gishya cya Politiki: Imyigaragambyo i Goma Ishobora Kugaragaza Imbaraga z’Abaturage n’Icyerekezo cya AFC/M23 MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubutegetsi bw'ihuriro rya Allience Fleuve Congo AFC/M23 bugenzura...

Read moreDetails

Drone Yagabye Igitero Kidasanzwe i Mwenga: Abasirikare Benshi Barimo Ab’u Burundi Bavugwa Mu Bahitanywe na Yo

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Rapport : Comment Tshisekedi a investi des milliards dans l’armement militaire, dont une partie a ensuite été capturée sur le champ de bataille par l’AFC/M23 et le MRDP-Twirwaneho

Drone Yagabye Igitero Kidasanzwe i Mwenga: Abasirikare Benshi Barimo Ab'u Burundi Bavugwa Mu Bahitanywe na Yo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki...

Read moreDetails

Politiki Ya Congo Igeze Ahakomeye: Kiliziya Gatolika Yahaye Perezida Tshisekedi Ultimatum, Hatanzwe N’Umuburo Ukomeye

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Politiki Ya Congo Igeze Ahakomeye: Kiliziya Gatolika Yahaye Perezida Tshisekedi Ultimatum, Hatanzwe N’Umuburo Ukomeye

Politiki Ya Congo Igeze Ahakomeye: Kiliziya Gatolika Yahaye Perezida Tshisekedi Ultimatum, Hatanzwe N'Umuburo Ukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwuka wa politiki...

Read moreDetails

Indege Yaburiwe Irengero mu Ishyamba rya Walikale: Icyateye Impanuka, Abo Yari Itwaye n’Abayirokotse

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Indege Yaburiwe Irengero mu Ishyamba rya Walikale: Icyateye Impanuka, Abo Yari Itwaye n’Abayirokotse

Indege Yaburiwe Irengero mu Ishyamba rya Walikale: Icyateye Impanuka, Abo Yari Itwaye n'Abayirokotse MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Indege nto yakoraga ingendo hagati ya Beni (Intara ya Kivu y'Amajyaruguru)...

Read moreDetails

Beni na Butembo mu Marira: Abasivili Bishwe mu Bitero Byavuzwe ko Byakozwe n’Abasirikare ba FARDC

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Umuyobozi wa Bashimukindji Yahamagariye Wazalendo Kumanika Amaboko no Kwiyunga na MRDP-Twirwaneho na AFC/M23

Beni na Butembo mu Marira: Abasivili Bishwe mu Bitero Byavuzwe ko Byakozwe n'Abasirikare ba FARDC. MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?